1. Umuzungu yagiye mu modoka akikiye inguge, yicarana n’umwirabura wari ukikiye imineke. Kera kabaye umwirabura arakubwa, ahagarika imodoka ngo abanze yikiranure n’umubiri. Ahagurutse imineke ayirambika mu mwanya yari yicayemo.
– Uyu mwirabura agarutse asanga ya nguge yariye imineke yose yayimaze, ahindukirira umuzungu aramubaza ati “Ni nde wandiriye imineke?”
– Umuzungu ati “ Si mwene wanyu wayiriye se?”
Hashinze umwanya umuzungu na we arakubwa, arahaguruka ahagarika imodoka ajya gukemura icyo kibazo. Umwirabura ahita afata ya nguye arayiniga.
– Umuzungu agarutse ati “Inguge yanjye ni nde uyinize?”
– Umwirabura ati “ Ntukajye wivanga mu bibazo bya famille.”
2. Mukamana yasanze Bwenge yiragiriye inka , amwikururaho biratinda.
Abonnye Bwenge ntacyo yibwira, Mukamana yareruye ati “Ndashaka ko tugera kuri gahunda...”
– Bwenge aramusubiza ati “Ibyo bintu ntabyo nzi sindabikora!”
– Mukamana ati “Ndakwerekera humura...”
Mukamana yageze aho amufungurira ipantalo nawe akajipo arajugunya hirya, arangije abwira bwenge ati “Ngaho gira nka
kumwe inka zibigenza."
– Bwenge arabira cye ati “Mbaaaaaaaaaa!!!!!!”
3. Umwarimu yabajije umunyeshurinwiga mu mashuri abanza ati 1+1 =?
Umunyeshuri ati: ni 4.
Umwe mu bakoraga isuku warungurukiraga mu idirishya abibonye azunguza umutwe, ati “Yampayinka Rwesabahizi twararamye! Ibintu byose byazamuye igiciro! Ibitoki, isukari, umuceri, gukodesha inzu n’ibindi byinshi, none na 1+1 byari 2 nabyo byageze kuri 4! Yewe nzaba ndeba, iby’Isi ni amabanga!
TANGA IGITEKEREZO