00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Resitora Zen yabashyize igorora kuri Saint Valentin

Yanditswe na

Emmanuel Kanamugire

Kuya 14 February 2013 saa 03:39
Yasuwe :

Resitora ZEN ikorera mu Mujyi wa Kigali, yiteguye kugeza ku bakiliya bayo indyo ziteguye neza zirimo inyarwanda n’izifite inkomoko mu Bushinwa, u Buyapani na Thailand mu rwego rwo gufasha abakiliya kuryoherwa n’umunsi mukuru w’abakundana wa Saint Valentin.
Iyi resitora ivuga ko ibiciro kuri Saint Valentin bijyanye biciriritse, hakaba hari ibiribwa bitandukanye birimo ibyitwa ‘Dim Sum’ na ‘Sushi’.
Melanie Cordero, Umuyobozi wa Resitora Zen, avuga ko hari umwihariko ko ari bo bazanye ubwa (…)

Resitora ZEN ikorera mu Mujyi wa Kigali, yiteguye kugeza ku bakiliya bayo indyo ziteguye neza zirimo inyarwanda n’izifite inkomoko mu Bushinwa, u Buyapani na Thailand mu rwego rwo gufasha abakiliya kuryoherwa n’umunsi mukuru w’abakundana wa Saint Valentin.

Iyi resitora ivuga ko ibiciro kuri Saint Valentin bijyanye biciriritse, hakaba hari ibiribwa bitandukanye birimo ibyitwa ‘Dim Sum’ na ‘Sushi’.

Melanie Cordero, Umuyobozi wa Resitora Zen, avuga ko hari umwihariko ko ari bo bazanye ubwa mbere mu Rwanda indyo za ‘Dim Sum’ na ‘Sushi’, indyo zikomoka mu Bushinwa Thailand n’ u Buyapani.

Umuyobozi wa Zen araha karibu abakundana

’Dim Sum’ ni bimwe mu biribwa bya gakondo bikunzwe n’abatuye inkengero z’u Bushinwa, bikaba bigizwe n’imvange z’umuceri, inyama y’inka, inkoko, n’imboga.

Bimwe mu byo Zen bateganyirije abakiliya babo

Zen itanga kandi izindi serivisi zo kugemura ibiribwa hanze ku bakoze ubukwe n’ibindi birori.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages