Karasira amaze imyaka itandatu atangiye akazi ko gukora amagare yifashishwa mu irushanwa rya Tour du Rwanda yagize ikibazo, ariko iyo amata aza kubyara amavuta byarashobokaga ko uyu musore yari kuba ari umwe mu bamaze kubaka izina muri uyu mukino wo gusiganwa ku magare nk’uko bimeze kuri bagenzi be b’Abanyarwanda bagiye bitabira Tour du Rwanda n’andi masiganwa mu bihe bitandukanye.
Byagenze bite ngo Karasira warotaga kuzaba umukinnyi w’amagare ukomeye ndetse yaratangiye urwo rugendo cyane ko yamaze imyaka umunani akina uyu mukino yisange ari umukanishi?



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!