Niyonkuru Regis amaze imyaka ibiri akora ubworozi bugezweho bw’inkoko zo mu bwoko bwa Kuloirer. Ni umwuga yagiyemo arangije kwiga icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu bijyanye n’ubukungu mpuzamahanga.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > dusangirijambo_article
dusangirijambo_article
Articles
-
Niyonkuru woroye inkoko zisaga ibihumbi bitatu, yavuze ko kwihaza ku nkoko mu Rwanda bishoboka
29 July 2019, by Ferdinand Maniraguha -
Uko itorero ryahinduye ubuzima n’imyitwarire bya Miss Uwase Fiona
9 August 2019, by Ferdinand ManiraguhaUwase Fiona ni umwe mu rubyiruko 698 rwitabiriye itorero Indangamirwa icyiciro cya 12 ryasojwe kuri uyu wa Kane mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo.
-
Ngabonziza yiyemeje kubyaza umusaruro amabuye y’urugarika akayakoramo amakaro
29 July 2019, by Ferdinand ManiraguhaUmwaka urashize Ngabonziza Alex atangije umushinga wo gutunganya amakaro ayakuye mu mabuye azwi nk’Urugarika aboneka mu Karere ka Kamonyi, akaba akunze kwifashishwa mu gutaka inzu.
-
Nshimiyimana yinjiye mu bworozi bw’inkoko afite intego yo guhaza u Rwanda inyama zazo (Amafoto)
30 August 2019, by Israel IshimweNyuma yo gusoza amasomo ye mu bijyanye n’ubworozi muri Koleji y’Ubuhinzi, Ubworozi n’Ubuvuzi bw’Amatungo (CAVM) muri Kaminuza y ’u Rwanda (UR) Nshimiyimana Alexis yayobotse inzira y’ubworozi bw’inkoko.
-
Uburyo ubugeni bwafashije Umulisa kurihira kaminuza abavandimwe be nyuma yo kubura ababyeyi bakiri bato
27 June 2019, by Ferdinand Maniraguha, Iradukunda SergeUmulisa Esperance, ni umukobwa wo mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Gisenyi ukora umwuga wo gushushanya (Arts Plastiques), akaba umwe mu bakobwa bake bawukora mu gihugu.
-
Umunyarwandakazi yakoze ikoranabuhanga rifasha abarwaye Diabetes kubona amakuru y’uko bakwiyitaho
20 May 2019, by Evariste NsengimanaUmunyarwandakazi wiga ubuvuzi rusange mu cyiciro cya gatatu cya kaminuza y’ibitaro bya Carl Gustav Carus mu Budage, Kabeza Balahali Claudine, yakoze ikoranabuhanga ‘Application’ rya mbere mu Rwanda rizafasha abarwaye Diabetes, kubona amakuru y’uko bakwiyitaho bifashishije telefone.
-
Biziyaremye yakoze inkoni yihariye ifasha abafite ubumuga bwo kutabona no kutumva
20 August 2019, by Hakizimana Jean PaulBiziyaremye Adrien ufite imyaka 26 ukomoka mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa Nzige yakoze inkoni izajya yifashishwa n’abafite ubumuga bwo kutabona ikaba ikoranywe ikoranabuhanga rituma uyikoresha amenya ko hari ikintu runaka agiye kumugonga muri sentimetero 50.
-
Rwibutso mu rugamba rwo kurengera ibidukikije afata amapine ashaje akayakoramo intebe
22 August 2019, by Baryaherezahe Léonce , Ferdinand ManiraguhaIyo ugeze mu ruganiriro iwabo ntushobora gupfa kubyemera atabikoze ngo ubyibonere. Usanganirwa n’intebe n’amezi ateye ubwuzu, akoze nk’uruziga agapfukishwa ibitenge by’amabara meza ku buryo utakwemera ko ari intebe cyangwa ameza bikorerwa mu Rwanda.
-
Irakoze, umukobwa witeje imbere abikesha gutwara imashini zikora imihanda n’izitwara imizigo
21 July 2019, by Thamimu HakizimanaIrakoze Grace ni umukobwa w’imyaka 25 y’amavuko utuye mu Murenge wa Gatenga mu Karere ka Kicukiro ukora umwuga wo gutwara imashini zikora imihanda n’izitwara imizigo mu mujyi wa Kigali.
-
Uwizeyimana afite inzozi zo kugabanya ingano ya cure-dents n’imishito u Rwanda ruvana mu mahanga
8 July 2019, by Ferdinand ManiraguhaU Rwanda rurifuza kuba igihugu cy’amikoro aringaniye mu 2035, no kuba igihugu cyateye imbere bitarenze 2050.
IGIHE