Niyonkuru Regis amaze imyaka ibiri akora ubworozi bugezweho bw’inkoko zo mu bwoko bwa Kuloirer. Ni umwuga yagiyemo arangije kwiga icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu bijyanye n’ubukungu mpuzamahanga.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > dusangirijambo_videos
dusangirijambo_videos
Articles
-
Niyonkuru woroye inkoko zisaga ibihumbi bitatu, yavuze ko kwihaza ku nkoko mu Rwanda bishoboka
29 July 2019, by Ferdinand Maniraguha -
Uko itorero ryahinduye ubuzima n’imyitwarire bya Miss Uwase Fiona
9 August 2019, by Ferdinand ManiraguhaUwase Fiona ni umwe mu rubyiruko 698 rwitabiriye itorero Indangamirwa icyiciro cya 12 ryasojwe kuri uyu wa Kane mu kigo cy’imyitozo ya gisirikare cya Gabiro mu Karere ka Gatsibo.
-
Ngabonziza yiyemeje kubyaza umusaruro amabuye y’urugarika akayakoramo amakaro
29 July 2019, by Ferdinand ManiraguhaUmwaka urashize Ngabonziza Alex atangije umushinga wo gutunganya amakaro ayakuye mu mabuye azwi nk’Urugarika aboneka mu Karere ka Kamonyi, akaba akunze kwifashishwa mu gutaka inzu.
-
Rwibutso mu rugamba rwo kurengera ibidukikije afata amapine ashaje akayakoramo intebe
22 August 2019, by Baryaherezahe Léonce , Ferdinand ManiraguhaIyo ugeze mu ruganiriro iwabo ntushobora gupfa kubyemera atabikoze ngo ubyibonere. Usanganirwa n’intebe n’amezi ateye ubwuzu, akoze nk’uruziga agapfukishwa ibitenge by’amabara meza ku buryo utakwemera ko ari intebe cyangwa ameza bikorerwa mu Rwanda.
-
Muhakwa yanze kuba umuganga, ajya mu buboshyi bw’imyenda bwihariye
31 July 2019, by Ferdinand ManiraguhaUmwaka urashize Muhakwa Jean Octave atangiye ububoshyi bw’imyenda yiganjemo iy’imbeho yifashishije ubudodo mu buryo butandukanye n’uko abandi babikora.
-
Umwihariko wa Habumugisha ukora amajyane mu bibuto bya avoka (Amafoto na Video)
30 July 2019, by Israel IshimweInzobere mu by’imirire zemeza ko avoka ari ingenzi mu buzima bitewe n’intungamubiri yifitemo. Agaciro kayo ntigashidikanywaho, gahera mu cyaro aho henshi munsi y’urugo baba bafite igiti cyayo mu gihe mu mijyi idasiba ku masahani yabo.
-
Uko ubushomeri bwatumye abakobwa b’i Karenge biga gukora imitako bayivanye mu migwegwe n’ubuhivu
7 June 2019, by Ferdinand ManiraguhaAmezi atandatu arashize bamwe mu bakobwa bo mu murenge wa Karenge mu Karere ka Rwamagana, bihurije hamwe bagatangira kuboha imitako itandukanye bifashishije imigwege n’ibyatsi by’ubuhivu.
Ni nyuma y’amezi atandatu bari bamaze bahugurwa n’umushinga w’abanyamerika Indego Africa, wabahaye ubumenyi bw’uburyo bimwe mu bintu biboneka iwabo byakongererwa agaciro bikabyazwa umusaruro.
Abo bakobwa bihurije muri koperative Ubumwe-Karenge, batangirira ku mafaranga bari barakuye mu mitako (…) -
Uko Habiyaremye wabaye mayibobo yahesheje agaciro ihembe ry’inka abyazamo ibihangano by’ubugeni
15 July 2019, by Israel IshimweHabiyaremye Jean Marie Vianney ni umusore w’imyaka 26, kavukire ye ni mu Murenge wa Mwogo mu Karere ka Bugesera.
-
Inzozi za Nzeyimana ufite ubuhanga bwihariye mu kubyaza umugano ibikoresho byo mu rugo
31 May 2019, by Ferdinand ManiraguhaMico Oscar Nzeyimana, ni umusore w’imyaka 24 utuye mu Karere ka Rubavu, mu Ntara y’Iburengerazuba.
Afite ubuhanga bwihariye mu gukora ibikoresho bitandukanye byo mu rugo nk’intebe, ibitanda, utugabanyarumuri tw’amatara (Abat jours), amasakoshi n’ibindi abikuye mu gihingwa cy’umugano.
Inkuru ye mu kwihangira imirimo ihera mu 2015 ubwo yari asoje amashuri yisumbuye mu by’ubukererarugendo n’amahoteli, akaza kubona ko kugera ku mafaranga bizamugora kuko yabonaga kubona akazi bitazamworohera, (…) -
Ahirwe w’imyaka 22 yirengagije impamyabumenyi yo muri ‘Engineering’ ayoboka koroshi n’ubudodo (Video)
14 September 2017, by Rabbi Malo UmucunguziUmwaka urashize Ahirwe Samantha Freedom atangiye ibikorwa by’ubudozi bw’imyambaro itandukanye ikorwa hifashishije ikoroshi n’ubudodo, ubu yahanze umurimo umwinjiriza amafaranga ndetse utunze abagore batandatu n’abakozi babiri badahoraho.
IGIHE