Tariki ya 1 Gashyantare buri mwaka u Rwanda rwizihiza Umunsi w’Intwari, hibukwa ibikorwa by’indashyikirwa byaranze abantu batandukanye kugeza n’ubwo bamwe bahara ubuzima bwabo bakitangira igihugu n’abagituye.
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > irushanwa_article
irushanwa_article
Articles
-
Igitekerezo: Nakunze umukobwa mpanishwa kuba igicibwa mu muryango
7 February 2017, by IGIHE -
Ibikorwa by’ubutwari byaranze umunyamakuru Shabakaka Vincent mu rugamba rwo guhagarika Jenoside (1990-1994)
7 February 2017, by IGIHEMuri make ibihe by’ingenzi byaranze itangazamakuru mu Rwanda kuva ryatangira, habayeho uburyo bw’iherekanyamakuru mu nzego z’imitegekere y’igihugu, uburyo bwo gukusanya no guherekanya amakuru bukaba bwaragiye buvugururwa bitewe n’uko ibihe byagiye bisimburanwa.
-
Abanditsi b’inkuru z’ubutwari bahawe urubuga rwo kwerekana impano zabo
23 January 2017, by IGIHEMu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza Umunsi Mukuru w’Intwari ku nshuro ya 23, Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe rwateguye irushanwa ryo kwandika inkuru ku butwari bwaranze abantu batandukanye, rizatangirwamo n’ibihembo ku bazahiga abandi.
-
Ntwari mwaduhesheje ishema tuzahora tubarata
7 February 2017, by IGIHEMu gihe twizihiza intwari z’u Rwanda ku nshuro ya 23, Abanyarwanda dutewe ishema n’isheja n’ubutwari bwaranze bamwe mu bana b’u Rwanda barukunze, bakarwitangira kugeza aho barumenera amaraso, bagamije kurubohora ingoyi y’ubujiji, ubugome, ubukene n’imiyoborere mibi.
-
Inkuru mpamo: Umuvuduko ni ubuzima
7 February 2017, by IGIHEHari imvugo ijya ivugwa ngo umuvuduko urica, n’ibindi bigamije kwerekana ko umuvuduko ari mubi, ariko jye nararebye nsanga ku rundi ruhande atari byo. Nasanze umuvuduko ari ikintu kinini cyane kandi gihishe byinshi birimo n’ubuzima. Ku batwara ibinyabiziga, iri jambo umuvuduko riba urubanza iyo bahuye na Polisi mu muhanda bari kugendera ku muvuduko wo hejuru.
-
Igitekerezo ku nkuru y’ubutwari
7 February 2017, by IGIHEPetero yavutse mu mwaka 1960, akiri umwana ababyeyi be bamutoje gukunda gusenga, bamwigisha ko iyo umuntu yubaha Imana, akunda bagenzi be, agakunda umurimo, atibagiwe n’igihugu cye.
-
Abantu 35 bashobora kongerwa mu Ntwari z’u Rwanda
19 January 2017, by Mukaneza M.AngeUrwego rw’Igihugu rushinzwe Intwari, Imidari n’Impeta z’ishimwe (CHENO) rufatanyije na Minisiteri y’Umuco na Siporo, batangaje ko hari abantu bamaze gutangwaho abakandida kugira ngo bagirwe intwari z’u Rwanda, ku buryo muri bo 35 bamaze gukorwaho ubushakashatsi ndetse babemeza nk’abagomba kugirwa intwari nyazo.
-
Ibigwi byihariye by’Intwari Rwagasana Michel umaze imyaka 54 atabarutse
31 January 2017, by Viola MutavuIbirori byo kwizihiza Umunsi w’Intwari bijyana n’imihango yo kwibuka ibikorwa by’indashyikirwa byaranze ubuzima bwazo birimo no kwitanga kugeza bamwe bavuye mu buzima, bagamije guhesha Abanyarwanda ubwigenge n’uburenganzira busesuye kandi budaheza.
-
Nyarugenge: Mu muganda rusange, abaturage bibukijwe inshingano zabo mu kwitabira Umunsi w’Intwari
28 January 2017, by Thamimu HakizimanaMu gihe hakomeje imyiteguro y’Umunsi w’Intwari wizihizwa buri mwaka, inzego z’ubuyobozi zikomeje gushishikariza abaturage kuzitabira ibi birori byibukirwamo intwari zaranzwe n’ibikorwa by’indashyikirwa, n’izitangiye igihugu n’abagituye.
-
Inyandiko ku butwari bwaranze Abanyarwanda bamwe na bamwe
7 February 2017, by IGIHEU Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika no ku Isi hose byaranzwe n’ubutwari bikagira n’intwari zitangiye abandi Banyarwanda kugera n’aho zihara ubuzima bwazo.
IGIHE