00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ubushakashatsi bushya bwemeje ko Obama arusha amahirwe mukeba we Mitt Romney

Yanditswe na

Innocent Ndahiriwe

Kuya 21 August 2012 saa 12:28
Yasuwe :

Ubusesenguzi bushya bwashyizwe ahagaragara n USA-Today kuri uyu wa 20 Kanama 2012, bwerekanye ko abaturage benshi ba Leta zunze Ubumwe z’Amerika bazatora Obama mu matora y’umukuru w’igihugu azaba muri uyu mwaka wa 2012.
Nubwo hakivugwa ihungabana ry’ubukungu, umubare munini w’abaturage ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bo muri Leta cumi n’ebyiri zikomeye baremeza ko bazahundagaza amajwi yabo kuri Barack Obama. Izo Leta ni Colorado, Floride, Iowa, Michigan, Nevada, New Hampshire, New (…)

Ubusesenguzi bushya bwashyizwe ahagaragara n USA-Today kuri uyu wa 20 Kanama 2012, bwerekanye ko abaturage benshi ba Leta zunze Ubumwe z’Amerika bazatora Obama mu matora y’umukuru w’igihugu azaba muri uyu mwaka wa 2012.

Nubwo hakivugwa ihungabana ry’ubukungu, umubare munini w’abaturage ba Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bo muri Leta cumi n’ebyiri zikomeye baremeza ko bazahundagaza amajwi yabo kuri Barack Obama. Izo Leta ni Colorado, Floride, Iowa, Michigan, Nevada, New Hampshire, New Mexique, Caroline du Nord, Ohio, Pennsylvanie, Virginie na Wisconsin.

Barack Obama na mukeba we Mitt Romney bahanganiye kuyobora Leta Zunz'Ubumwe z'Amerika

Umukandida wo mu ishyaka ry’Abademokarate Barack obama ahanganye na mugenzi we Mitt Romney wo mu ishyaka ry’Abarepubulikani, mu matora ku yobora Leta zunze Ubumwe z’Amerika muri manda itaha.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages