Ububiligi ni kimwe mu bihugu byo ku mugabane w’Uburayi bituwe n’Abanyarwanda benshi kuva kera, cyane kubera amateka igihugu cy’Ububiligi gihuriraho n’u Rwanda.
Abanyarwanda bahatuye barenga ibihumbi 40, bafite inzu ibahuza bose yitwa "Rwanda House" ariyo biro bikorerwamo n’Ambasade y’u Rwanda mu Bubiligi, ikaba n’ibiro bikuru by’Aboherejwe na Leta y’u Rwanda kuyihagararira muri iki gihugu no mu muryango w’ibihugu by’ubumwe by’Uburayi. IGIHE turabagezaho urutonde rw’abayoboye iyi "Rwanda House", guhera 1963 kugeza ubu muri 2013. Dore aba ambasaderi mu mafoto, bahagarariye u Rwanda mu Bubiligi, duhereye ku riho ubu:
Ubutaha tukazabagezaho n’amateka yiyi nzu ya "Rwanda House" iberanye n’u Rwanda. Ambasade ngari kandi nziza.


















TANGA IGITEKEREZO