00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

I Kinshasa basubiranyemo nyuma y’Umuyobozi washinjwe guhura na M23 (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 26 July 2024 saa 01:22
Yasuwe :

Umwuka ukomeje kuba mubi mu butegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), nyuma y’uko bimenyekanye ko Prof. Bahala Okw’Ibale Lusheke Jean-Bosco wahoze ayoboye gahunda ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yo gusubiza mu buzima busanzwe abari abarwanyi, P-DDRCS, yahuye n’umutwe wa M23 muri Uganda.

Bivugwa ko Bahala yagiye i Kampala ku busabe bwa Guverinoma ya Congo ngo ayifashe kuganira na M23, nyamara Congo yo yarabihakanye ndetse itangiza iperereza kuri we.

Ntabwo biramenyekana uburyo itsinda rinini riyobowe na Bahala ryahagurutse i Kinshasa Guverinoma ibizi, nyamara ryagera i Kampala rigahura na M23 akaba ari bwo Guverinoma ivuga ko itabizi.

Kurikira ikiganiro Tubijye Imuzi umenye neza ukuri k’uku gusubiranamo mu butegetsi bwa Perezida Felix Tshisekedi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages