00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Dallas: Perezida Kagame yahuye n’urubyiruko rw’Abanyarwanda rurenga 700

Yanditswe na

IGIHE

Kuya 24 May 2015 saa 02:54
Yasuwe :

Urubyiruko rw’Abanyarwanda rurenga 700 rwahuriye mu ihuriro ryarwo i Dallas muri Texas mu nyubako za Texas Christian University, ruganira na Perezida Paul Kagame.
.

Urubyiruko rw’Abanyarwanda rurenga 700 rwahuriye mu ihuriro ryarwo i Dallas muri Texas mu nyubako za Texas Christian University, ruganira na Perezida Paul Kagame.

Yarushishikarije guhaha ubwenge ruharanira guteza imbere u Rwanda

Ambasaderi w'u Rwanda muri USA, Matilde Mukantabana yahaye ikaze abaje mu ihuriro i Dallas
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Louise Mushikiwabo
Urubyiruko ruba mu mahanga rwakanguriwe guhaha ubwenge mu mahanga rutekereza ku iterambere ry’u Rwanda
Perezida Kagame mu biganiro n’urubyiruko rw’u Rwanda rurenga 700
Madamu Jeannette Kagame ari kumwe na Matilde Mukantabana, Amabasaderi w'u Rwanda muri USA(Iburyo) na Louise Mushikiwabo, Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga(Ibumoso)
Urubyiruko rwahawe rugari rubaza ibibazo bitandukanye Umukuru w'Igihugu
Abitabiriye ihuriro ry'urubyiruko i Dallas bari bafitanye urugwiro
Umuhanzi Teta Diana ari mu basususrukije abitabiriye ihuriro
Kitoko na Alpha Rwirangira nabo bitabiriye ihuriro

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages