00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Gukosora

Yanditswe na IGIHE
Kuya 15 December 2017 saa 01:30
Yasuwe :

Nyuma y’inkuru twatambukije ku ya 22 Ugushyingo 2017 ifite umutwe ugira uti “Urunturuntu mu rubanza Umuyobozi wa AMIR ashinjwamo gufata ku ngufu”, turifuza gukosora amakuru twari twatangaje avuga ko umukobwa bivugwa ko yafashwe ku ngufu na Rwema Peter yimenyerezaga umwuga (internship) mu Kigo cy’Abadage cyitwa SBFIC (Savings Banks Foundation for International Cooperation).

Iki kigo cyatumenyesheje ko uyu mukobwa atimenyerezaga umwuga ahubwo ko yari umukozi ufite amasezerano y’igihe gito (short term contract).

Turisegura ku waba yaragizweho ingaruka n’aya makuru by’umwihariko SBFIC n’Umuyobozi w’Ishami ryayo muri Afurika y’Iburasirazuba, Britta Konitzer.

Ubwanditsi


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages