00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Iwawa hari kugororerwa abasaza barengeje imyaka 60, bakoze iki? (Video)

Abantu bamwe bamenyereye ko mu bigo ngororamuco hajyanwa abiganjemo urubyiruko rwijanditse mu byaha nko gukoresha ibiyobyabwenge n’ubujura, gusa iyo ugeze mu cy’Iwawa uhasanga n’abasaza b’imyaka isaga 60 bahagororerwa.

Umukuru mu baganiriye na IGIHE afite imyaka 67.

Ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko benshi muri abo basaza baba bazira ibyaha byo kugira amatsinda y’abajura abibira ibikoresho nka telefone n’ibindi, bakabibagurisha ku mafaranga make, abo basaza bakabicuruza bakunguka menshi kandi babizi neza ko bakorana n’abajura.

Reba ikiganiro twagiranye n’abo basaza


Special pages