Umukuru mu baganiriye na IGIHE afite imyaka 67.
Ubuyobozi bw’iki kigo buvuga ko benshi muri abo basaza baba bazira ibyaha byo kugira amatsinda y’abajura abibira ibikoresho nka telefone n’ibindi, bakabibagurisha ku mafaranga make, abo basaza bakabicuruza bakunguka menshi kandi babizi neza ko bakorana n’abajura.
Reba ikiganiro twagiranye n’abo basaza




