Iri zamuka ryaturutse ku ifungurwa ry’imipaka y’u Rwanda yari imaze igihe ifunzwe.
Muri Nyakanga 2019, ibyo Uganda yohereje mu Rwanda byari bifite agaciro k’ibihumbi 60$ kubera ko imipaka yari ifunze.
Ni mu gihe mu myaka yari yabanje hakiri umwuka mwiza, inyungu yari yose ku mpande zombi. Nko mu 2017, Uganda yohereje mu Rwanda ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni 182$ mu gihe ibyo yari yatumije mu Rwanda byo byari bifite agaciro ka miliyoni 16$.
Mu 2018, ibyo Uganda yohereje mu Rwanda byari bifite agaciro ka miliyoni 408$.
Mu mezi atatu ya mbere y’uyu mwaka [kugeza muri Werurwe], Uganda yari imaze kohereza mu Rwanda ibicuruzwa bifite agaciro k’ibihumbi 220$.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!