00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Abahabwa amafaranga ya Pansiyo barasabwa gutanga ibyangombwa by’uko bakiriho hakiri kare

Yanditswe na

Rene Anthere Rwanyange

Kuya 7 December 2013 saa 11:12
Yasuwe :

Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), mu itangazo cyashyize ahagaragara kiributsa abagenerwa amafaranga ya buri kwezi y’ikiruhuko cy’izabukuru (Pansiyo), n’ay’ibyago bikomoka ku kazi, kwihutira gutanga ibyemezo by’uko bariho bitangwa n’imirenge.
Icyo kigo gitangaza ko ibyo byemezo bigomba kuba byatanzwe bitarenze tariki ya 25 Ukuboza 2013, kugira ngo bazashobore kubona amafaranga yabo mu mwaka wa 2014.
Ibyo byemezo bigamba kuba byanditseho aho umugenerwabikorwa atuye ni ukuvuga (…)

Ikigo cy’ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), mu itangazo cyashyize ahagaragara kiributsa abagenerwa amafaranga ya buri kwezi y’ikiruhuko cy’izabukuru (Pansiyo), n’ay’ibyago bikomoka ku kazi, kwihutira gutanga ibyemezo by’uko bariho bitangwa n’imirenge.

Icyo kigo gitangaza ko ibyo byemezo bigomba kuba byatanzwe bitarenze tariki ya 25 Ukuboza 2013, kugira ngo bazashobore kubona amafaranga yabo mu mwaka wa 2014.

Ibyo byemezo bigamba kuba byanditseho aho umugenerwabikorwa atuye ni ukuvuga Akagari n’umudugudu, Nomero ya dosiye muri RSSB ndetse na Banki akorana na yo.

Itangazo ry’abafata Pansiyo n’amafaranga y’ibyago bikomoka ku kazi
Itangazo rireba abatanga imisanzu yo kwivuza

[email protected]


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages