00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nta mukiriya ugomba kurenza 15% mu kwishyura serivisi zirebana n’ubuvuzi

Yanditswe na

Rene Anthere Rwanyange

Kuya 14 December 2013 saa 08:42
Yasuwe :

Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), kiributsa abagenerwabikorwa bacyo ko batagomba kwishyura amafaranga arenga 15% kuri serivisi zirebana n’ubuvuzi ndetse n’imiti bagura.
Nk’uko tubikesha itangazo ryatanzwe na RSSB, abishyuye amafaranga arenga ayongayo bakaba bagomba kwegera Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda bagaragaza impapuro bishyuriyeho ndetse n’ibaruwa isaba gusubizwa ayo mafaranga.
Soma amatangazo ajyanye n’ibisabwa abakiriya ndetse n’ibigo by’ubuvuzi na Farumasi bikorana (…)

Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB), kiributsa abagenerwabikorwa bacyo ko batagomba kwishyura amafaranga arenga 15% kuri serivisi zirebana n’ubuvuzi ndetse n’imiti bagura.

Nk’uko tubikesha itangazo ryatanzwe na RSSB, abishyuye amafaranga arenga ayongayo bakaba bagomba kwegera Ikigo cy’Ubwiteganyirize mu Rwanda bagaragaza impapuro bishyuriyeho ndetse n’ibaruwa isaba gusubizwa ayo mafaranga.

Soma amatangazo ajyanye n’ibisabwa abakiriya ndetse n’ibigo by’ubuvuzi na Farumasi bikorana na RSSB.

Itangazo rireba abagenerwabikorwa
Itangazo rireba ibigo bikorana na RSSB

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages