Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize (RSSB), mu rwego rwo kunoza imicungire y’abanyamuryango bacyo, kirasaba abo cyishingira bacikanwe n’igikorwa cyo gutanga amafoto yo gukorerwa amakarerwa amakarita mashya kuri buri muntu (Individual Cards), ndetse n’ababyeyi batanze amafoto y’abana bakiri bato ubu bakaba barakuze, ko bakwihutira gutanga ifoto imwe imwe kugira ngo bakorerwe amakarita.
Soma ibindi bijyanye n’ibisabwa.



















TANGA IGITEKEREZO