Itangazo rya Minisante ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 21 Ugushyingo 2020, rigaragaza ko abarwayi bashya bakuwe mu bipimo 3916 byafatiwe ahantu hatandukanye mu gihugu.
Rikomeza rivuga ko ubwandu bushya bwagaragaye i “Rwamagana: 14, Rubavu: 8, Bugesera: 6, Musanze: 2, Nyagatare: 2, Nyamasheke: 1, Ngoma:1.”
Kuva umurwayi wa mbere wa COVID-19 agaragaye mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020, abantu 5620 bamaze kwandura mu bipimo 604 742, abagera kuri 5163 barakize. Kuri ubu abakirwaye ni 411 mu gihe abitabye Imana ari 46.
21.11.2020 Amakuru Mashya | Update
*Rwamagana: 14, Rubavu: 8, Bugesera: 6, Musanze: 2, Nyagatare: 2, Nyamasheke: 1, Ngoma:1 pic.twitter.com/sQG7jDwPIL
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) November 21, 2020



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!