Umubare w’abanduye kuri uyu wa Kabiri watumye abamaze kwandura bose baba 25 351 mu gihe abamaze gukira bose ari 23 523.
Abarwayi bashya abenshi bagaragaye Kirehe aho habonetse 9, Kigali 6, Karongi 6, Huye 4 na Rwamagana 4.
Abakirwaye ni 1491 barimo umwe urembye. Nta wapfuye kuri uyu wa Kabiri, bikaba byatumye umubare w’abamze guhitanwa na Covid-19 ukomeza kuba 337.
Abamaze gukingirwa ni 35 310 barimo 87 bakingiwe mu masaha 24 ashize.
04.05.2021 Amakuru Mashya | Update pic.twitter.com/hS2oWFZUzn
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) May 4, 2021



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!