Abarwayi bashya abenshi babonetse i Kigali 15, Rubavu 14, Kirehe 8 na Gicumbi 7.
Abakirwaye ni 733 barimo batanu barembye.Nta muntu wahitanywe na Covid-19 kuri uyu wa Kane, umubare w’abamaze gupfa wakomeje kuba 358.
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abamaze gukingirwa ari 340400 barimo abantu 215,152 bamaze guhabwa doze ya kabiri y’urukingo rwa COVID19. Kuri uyu wa Gatanu abantu 13,147 nibo bahawe doze ya kabiri.
Iyo Minisiteri yatangaje ko igikorwa cyo gukingira kizakomeza kuri uyu wa Gatanu.
03.06.2021 Amakuru Mashya | Update
Abantu 215,152 bamaze guhabwa doze ya kabiri y'urukingo rwa #COVID19 barimo 13,147 bayihawe uyu munsi. Igikorwa cyo gukingira kizakomeza ku munsi w’ejo pic.twitter.com/0E4fsffnun
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) June 3, 2021



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!