Byatumye umubare w’abamaze kwandura uba 18 850, mu bipimo 1 009 041 bimaze gufatwa guhera muri Werurwe 2020.
Abakize mu masaha 24 ashize ni batandatu, bituma umubare w’abamaze gukira ugera ku 17313. Abakirwaye ni 1276, barimo abarembye umunani.
Nta muntu n’umwe wapfuye mu masaha 24 ashize, bituma umubare w’abamaze guhitanwa na Covid-19 ukomeza kuba 261.
Abarwayi bashya muri Kigali habonetse 18, Huye haboneka 14, Rubavu 5, Ruhango 5, Ngororero 4, Nyamagabe 3, Muhanga, Nyanza na Kirehe buri karere habonetse 2, Burera, Kamonyi, Nyamasheke, Gisagara na Nyaruguru buri hamwe haboneka umuntu umwe umwe.
28.02.2021 Amakuru Mashya | Update pic.twitter.com/jHzhLQzYz8
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) February 28, 2021



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!