Abahitanywe na Covid-19 ni abagore babiri b’imyaka 81 (i Kigali) na 74 (i Nyabihu) n’abagabo babiri b’imyaka 90 (i Nyanza) na 71 (i Kigali) bitabye Imana. Byatumye abamaze gupfa bose guhera muri Werurwe 2020 baba 321.
Abanduye bashya ni 72 bituma abamaze kwandura bose baba 23 744. Abakize ni 211 bituma abamaze gukira bose baba 21 805. Abakirwaye ni 1618 barimo umunani barembye.
Inkingo zimaze gutangwa ni 349 427.
Abarwayi bashya abenshi babonetse muri Nyamagabe habonetse 18, Nyaruguru 8, Huye 8, Nyanza 7, Rwamagana 6.
15.04.2021 Amakuru Mashya | Update
Twihanganishije imiryango y’abagore babiri b’imyaka 81 (i Kigali) na 74 (i Nyabihu) n’abagabo babiri b’imyaka 90 (i Nyanza) na 71 (i Kigali) bitabye Imana pic.twitter.com/rM197RhPGw
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) April 15, 2021



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!