Kuri uyu wa Gatatu handuye abantu 41 mu gihe abakize ari 98. Muri rusange abantu 27064 nibo bamaze kwandura Covid-19 kuva yagera mu Rwanda, abayikize ni 25948.
Abantu bakirwaye icyo cyorezo ni 958 barimo batanu barembye.
Abantu 350400 bamaze gukingirwa, barimo 202,005 bamaze guhabwa doze ya kabiri y’urukingo. Abantu 13,237 bahawe urukingo kuri uyu wa Gatatu kandi Minisiteri y’Ubuzima yijeje ko kuri uyu wa Kane gutanga urukingo rwa kabiri bizakomeza.
02.06.2021 Amakuru Mashya | Update
Abantu 202,005 bamaze guhabwa doze ya kabiri y'urukingo rwa #COVID19 barimo 13,237 bayihawe uyu munsi. Igikorwa cyo gukingira kizakomeza ku munsi w’ejo / Twihanganishije umuryango w’umugore w’imyaka 45 witabye Imana i Kigali pic.twitter.com/NsJB4bQQae
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) June 2, 2021



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!