00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Umukondo w’umuntu, icumbi ry’udukoko dutera indwara

Yanditswe na

Abdou Nyampeta

Kuya 22 November 2012 saa 03:42
Yasuwe :

Dr Dunn, umushakashatsi wo muri Kaminuza ya Carolina ya ruguru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko ubushakashatsi bwagaragaje ko mu mikondo y’abantu ushobora gusangamo udukoko (bacteries) tw’amoko asaga 67.
Nk’uko bitangazwa n’urubuga “nodeju.com”, ubushakashatsi bwakorewe ku mikondo 500 itandukanye bwagaragaje ubundi bwoko 1458 abantu bari basanzwe batazi.
Bivugwa ko nyinshi muri izi “bacteries” zishobora gutera indwara nk’ izo mu mihogo, impiswi, n’indwara zimwe na zimwe (…)

Dr Dunn, umushakashatsi wo muri Kaminuza ya Carolina ya ruguru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko ubushakashatsi bwagaragaje ko mu mikondo y’abantu ushobora gusangamo udukoko (bacteries) tw’amoko asaga 67.

Nk’uko bitangazwa n’urubuga “nodeju.com”, ubushakashatsi bwakorewe ku mikondo 500 itandukanye bwagaragaje ubundi bwoko 1458 abantu bari basanzwe batazi.

Bivugwa ko nyinshi muri izi “bacteries” zishobora gutera indwara nk’ izo mu mihogo, impiswi, n’indwara zimwe na zimwe zikomeye nk’igituntu n’izindi.

Inama itangwa kugira ngo hirindwe izo ndwara ni ugukaraba neza mu mukondo iyo wiyugarira. Ako gace k’umubiri gakwiye kwitabwaho cyane kagirirwa isuku, dore ko hari bamwe bakirengagiza. Ikindi ni uko iyo wunvise uburyaryate ugomba kujya kwa muganga.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages