00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Board of Peace ya Trump ikomeje gukangaranya abantu (Video)

Yanditswe na IGIHE
Kuya 24 January 2026 saa 10:03
Yasuwe :

Ibihugu bibiri gusa byo ku mugabane w’u Burayi nibyo byemeye kujya muri Board of Peace, urwego rushya rugamije amahoro ku Isi. Ibyo ni Hongrie na Bulgaria, ibindi byose byanze kurujyamo bivuga rushobora kubangamira Umuryango w’Abibumbye.

Uru rwego ni imwe mu ngingo iri kuvugwa mu makuru mpuzamahanga, aho ibihugu bitararujyamo bifite ubwoba ko bishobora gufatirwa ibihano. Iyi ngingo ni yo tugiye gusesengura mu kiganiro Tubijye Imuzi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages