Muri iki kiganiro, Tshisekedi yavuze ku bushuti bwe na Amerika bwatumye yemera kwakira abimukira, agaruka ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Washington n’ibiganiro bya Doha.
Yanavuze ko mu gihe mu Burasirazuba bwa Congo hakomeza intambara, nta matora azaba mu 2028.
Incamake y’ibyavugiwe muri iki kiganiro

















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!