00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ibyavuzwe na Tshisekedi: Ku Rwanda, ibiganiro bya Washington, Doha n’ibindi

Yanditswe na IGIHE
Kuya 8 May 2026 saa 08:44
Yasuwe :

Perezida Tshisekedi aherutse kugirana ikiganiro n’abanyamakuru yavugiyemo ibintu byinshi. Yagarutse ku magambo ye mu gihe cyashize ubwo yavugaga ko yiteguye gutera u Rwanda mu gihe Umujyi wa Goma wafatwa na M23, avuga ko impamvu atabikoze ari uko yasanze yarabeshywe, nta gisirikare gikomeye afite.

Muri iki kiganiro, Tshisekedi yavuze ku bushuti bwe na Amerika bwatumye yemera kwakira abimukira, agaruka ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano ya Washington n’ibiganiro bya Doha.

Yanavuze ko mu gihe mu Burasirazuba bwa Congo hakomeza intambara, nta matora azaba mu 2028.

Incamake y’ibyavugiwe muri iki kiganiro


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages