Hari abamaze no gutangiza ubukangurambaga bugaragaza ku mugaragaro igitekerezo cya manda ya gatatu, harimo intero nka “Tout droit tii naa 3” n’ubukangurambaga bwa “Oui, je le veux”.
Tshisekedi we avuga ko atigeze asaba manda ya gatatu, ariko akemeza ko abaturage baramutse bayimusabye yayemera. Muri iyi video turagaruka ku bantu, inzego n’amatsinda ari ku ruhembe rw’imbere mu rugendo rwo guhindura Itegeko Nshinga, n’icyo ibyo bishobora gusobanura ku hazaza ha politiki ya RDC.


















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!