Umurungi Aimée Laetitia uri mu bakandida bigenga 31 bari kwiyamamariza guhagararira urubyiruko mu Nteko ishinga amategeko, yavuze ko yiteguye gukorera ubuvugizi ibirimo ruhago n’abahanzi.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Imigabo n’imigambi ya Umurungi Aimée Laetitia wiyamamariza kuba umudepite
5 July 2024, by Nsengiyumva Emmy -
P Fla agiye gutaramira i Dubai
4 July 2024, by Nsengiyumva EmmyKu nshuro ye ya mbere, P Fla agiye gutaramira i Dubai mu gitaramo cyo gususurutsa Abanyarwanda bahatuye cyangwa banahakorera giteganyijwe ku wa 20 Nyakanga 2024.
-
Imbamutima za Juno Kizigenza ugiye gutora ku nshuro ya mbere
5 July 2024, by Nsengiyumva EmmyJuno Kizigenza ni umwe mu bakiri bato bategerezanyije amatsiko umunsi w’amatora agiye kwitabira ku nshuro ye ya mbere, agahamya ko atari we uzarota itariki igeze kugira ngo yisange mu cyumba cy’itora aha ijwi umukandida ashyigikiye.
-
Yari kuba yujuje imyaka 37: Urwibutso ku babanye na Jay Polly
5 July 2024, by Peacemaker PunditKu itariki ya 5 Nyakanga 1987 nibwo Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly yabonye izuba, aho atazibagirana nk’umwe mu bahanzi bagize uruhare rufatika mu guteza imbere injyana na Hip Hop mu Rwanda, dore ko mbere yafatwaga na benshi nk’injyana ikorwa n’abantu badashobotse.
-
Ibitaravuzwe ku rugendo rwa The Ben, Kevin Kade na Element Eleeeh muri Tanzania
5 July 2024, by Nsengiyumva EmmyMu minsi ishize, abahanzi barimo The Ben, Kevin Kade na Element Eleeeh berekeje muri Tanzania aho bamaze iminsi mu bikorwa bifite aho bihuriye n’umuziki, ari nabyo tugiye kwibandaho cyane ko benshi batazi neza ibyabereyeyo.
-
Prosper Nkomezi yageze i Kampala aho agiye gutaramira (Amafoto)
5 July 2024, by Nsengiyumva EmmyProsper Nkomezi uri mu baramyi bakunzwe mu muziki w’u Rwanda mu ijoro ryo ku wa 4 Nyakanga 2024 yageze i Kampala muri Uganda aho agiye gukorera igitaramo ku wa 7 Nyakanga 2024.
-
Umukandida depite Niyitanga arashaka gushyiraho umurongo wa telefone uhamagarwa n’abafite agahinda gakabije
6 July 2024, by Nsengiyumva EmmyNiyitanga Fiston ufite ikigo gitanga serivisi z’ubukerarugendo mu Rwanda, Uganda no muri Kenya cyitwa Fiston Tours, ni umwe mu bakandida 31 bari guhatanira umwanya mu nteko ishinga amategeko bahagarariye Urubyiruko, ndetse ashimangira ko naramuka atsinze kimwe mu byo azakora ari ugushyiraho umurongo wa telefone utishyurwa, urubyiruko ruzajya ruhamagaraho igihe rukeneye ubufasha mu bijyanye n’ubuzima bwo mu mutwe.
-
Bruce Melodie werekeje i Burayi yakuwe ku rutonde rw’abaririmba mu Iserukiramuco ‘One love Africa’
6 July 2024, by Nsengiyumva EmmyBruce Melodie yerekeje i Burayi mu ijoro ryo ku wa 5 Nyakanga 2024 ari kumwe na DJ Marnaud, aho bitabiriye igitaramo bategerejwemo i Bruxelles mu Bubiligi ku wa 6 Nyakanga 2024.
-
Marina yavuze uko yakiriye kwisanga mu bamamaza abakandida b’Umuryango ‘FPR Inkotanyi’
6 July 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuhanzikazi Marina ahamya ko ari amahirwe adasanzwe kuri we kuba agiye gutora ku nshuro ye ya mbere ariko akaba n’umwe mu bahanzi batoranyijwe muri gahunda yo guherekeza no kwamamaza abakandida b’umuryango FPR Inkotanyi.
-
Impamvu y’amahitamo ya Kate Bashabe yo gushyigikira Perezida Kagame (Video)
6 July 2024, by Nsengiyumva EmmyRwiyemezamirimo akaba n’umuhanga mu byo guhanga imideli, Kate Bashabe uri mu rubyiruko ruri guherekeza Paul Kagame muri gahunda zo kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’Igihugu, yagaragaje ko yishimira uburyo yahaye ijambo abagore ndetse akanabatinyura mu mirimo ubusanzwe yari yarahariwe abagabo.
IGIHE