Umunyarwenya Muco Samson wamamaye nka Samu Zuby mu itsinda rya Zuby Comedy wari umaze igihe yiyamamariza kwinjira mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda ahagarariye urubyiruko, yatsinzwe atowe n’ijwi rimwe gusa.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Samu Zuby yagize ijwi rimwe mu matora y’Abadepite
18 July 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Aba ‘Gen-Z’ bagiye kubyinira intsinzi mu gitaramo cyatumiwemo Teacher Mpamire na Dr Hilary Okello
17 July 2024, by Nsengiyumva EmmyAbakunzi b’ibitaramo bya Gen-Z Comedy bamaze gufata kumenyerwa nk’aba ‘Gen-Z’, bagiye kubyinira intsinzi mu gitaramo cyatumiwemo abanyarwenya bakomeye mu Karere nka Teacher Mpamire na Dr Hilary Okello.
-
Sinach yongeye gutumirwa i Kigali
17 July 2024, by Nsengiyumva EmmyUmuhanzi w’icyamamare mu muziki w’indirimbo zihimbaza Imana muri Afurika, Osinachi Joseph [Sinach], yongeye gutumirwa i Kigali aho agiye kwitabira igiterane cyiswe ‘All Women Together’.
-
Ibyihariye ku gitaramo Bull Dogg na Riderman bazamurikiramo album ‘Icyumba cy’amategeko’
17 July 2024, by Nsengiyumva EmmyBull Dogg na Riderman bageze kure imyiteguro y’igitaramo cyabo cyo kumurika album yabo nshya bise ‘Icyumba cy’amategeko’, yaryoheye cyane abakunzi ba Hip Hop.
-
DJ Adamz yatangiye gukorana n’umukobwa we kuri radio
17 July 2024, by Nsengiyumva EmmyDJ Adamz yamaze kwinjiza imfura ye y’umukobwa mu itangazamakuru ndetse kugeza uyu munsi batangiye gufatanya ikiganiro aho bahurira mu cyitwa ‘The Lunch Hour Jamz’ gitambuka kuri Fine FM.
-
Inzozi zanjye zabaye impamo! Imbamutima za Musengimana wahanze ‘Azabatsinda’
17 July 2024, by Nsengiyumva EmmyMusengimana Beatha wahanze indirimbo ‘Azabatsinda’ yamamazaga Paul Kagame wa FPR Inkotanyi, ahamya ko inzozi ze zo gutaramira imbere ya Perezida Kagame zabaye impamo.
-
Amasomo abahanzi basigiwe n’urugendo rwo kwamamaza Paul Kagame
17 July 2024, by Mahoro VainqueurAbahanzi n’abandi bakurikirana bya hafi uruganda rw’imyidagaduro bavuga ko hari amasomo menshi bakuye mu rugendo rwo guherekeza Umukandida wa FPR Inkotanyi, Paul Kagame, mu bikorwa byo kwiyamamaza hirya no hino mu gihugu byatangiye ku wa 22 Kamena bikarangira ku wa 13 Nyakanga 2024.
-
Umunyamibare wahindutse Umu-DJ: Urugendo rwa DJ Crush uri mu bakobwa bagezweho mu kuvanga imiziki (Amafoto)
18 July 2024, by Uwiduhaye TheosMuri iki gihe abakunda ibirori mu Rwanda bamaze kumenya umwe mu bakobwa bagezweho mu kuvanga imiziki ushimisha benshi. Uwo ni DJ Crush uri mu bakobwa bakiri bato ariko bari kubica bigacika.
-
Mu mafoto 50: Dutemberane muri ‘Lake Kivu Serena’, hoteli yihariye ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu
21 July 2024, by Nsengiyumva EmmyBiragoye ko hari umuntu watembereye mu Karere ka Rubavu muganira ngo akubwire ko atagize amatsiko yo kwinjira muri Lake Kivu Serena Hotel , ngo yitegereze ubwiza bwayo cyane ko iri mu zireshya abatari bake.
-
Ibyo wamenya ku gitabo ‘Hewa Rwanda: Lettre aux absents’ Dorcy Rugamba agiye kumurikira i Kigali
18 July 2024, by Nsengiyumva EmmyDorcy Rugamba umwe mu bana ba Rugamba Sipiriyani wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi agiye kumurika igitabo yise ‘Hewa Rwanda: Lettre aux absents’ gishingiye ku nkuru y’umuryango we.
IGIHE