Umunya-Kenya, Michael Ndung wamamaye mu kuvanga imiziki nka DJ Fully Focus, agiye gutaramira mu Mujyi wa Kigali mu birori ‘Intore Sundays’ bizaherekeza irushanwa rya BAL rimaze iminsi riri kubera mu Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
DJ Fully Focus ategerejwe mu birori bya ‘Intore Sundays’ bizaherekeza imikino ya BAL
31 May 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Ibyihariye kuri album ‘Icyumba cy’amategeko’ yahuje Riderman na Bull Dogg
31 May 2024, by Nsengiyumva EmmyMu minsi abakunzi b’umuziki by’umwihariko ab’injyana ya Hip Hop batunguwe bikomeye no kumva inkuru y’uko Bull Dogg na Riderman ubusanzwe bafatwa nk’inkingi za mwamba muri Hop Hop y’u Rwanda, bagiye guhurira kuri album.
-
Ariel Wayz yemeje ko ari mu munyenga w’urukundo (Video)
1 June 2024, by Nsengiyumva EmmyNyuma yo gutaramira abakunzi b’umuziki bari bitabiriye imikino ya BAL, Ariel Wayz yahishuye ko afite umukunzi wamutwaye umutima, ibijya gusa neza n’ibyo yaririmbye mu gace gato k’indirimbo aherutse guteguza abakunzi be.
-
Agahenge mu rugo rwa Jennifer Lopez, umukobwa wa Brad Pitt yanze izina rya se… Avugwa hanze mu myidagaduro
1 June 2024, by Uwiduhaye TheosBuri munsi IGIHE yiyemeje kujya ibagezaho amakuru acaracara mu myidagaduro ku Isi yose, akomatanyirije mu nkuru imwe. Ni muri gahunda yo gutembereza abantu mu Isi y’imyidagaduro bitabasabye gusoma inkuru imwe.
-
Yabaye umuyede ubumba amatafari: Inkuru itangaje ya Ingabire uri mu bahanga imideli bo kwitegwa
4 June 2024, by Uwiduhaye TheosUruganda rw’imideli mu Rwanda rumaze gutera imbere mu buryo bukomeye kuko yaba abayihanga n’abayimurika bagenda baba benshi umunsi ku wundi kandi ibyo bahanga bigakundwa cyane haba mu gihugu no hanze yacyo.
-
Dave Chappelle yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali (Amafoto)
1 June 2024, by Nsengiyumva EmmyUmunyarwenya Dave Chappelle uri mu bakomeye ku Isi, ku wa 31 Gicurasi 2024 yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi.
-
Imbamutima za The Ben waririmbye mu mukino wa nyuma wa BAL (Video)
1 June 2024, by Nsengiyumva EmmyThe Ben waririmbye mu birori byo gusoza imikino ya BAL, yavuze ko yishimiye bikomeye uko yataramanye n’abakunzi b’umuziki we ariko by’umwihariko akaba yashimishijwe no gutaramira imbere ya Perezida Kagame wari witabiriye ibi birori.
-
Babu wo muri ‘The Choice Live’ yatawe muri yombi
2 June 2024, by IGIHERugemana Amen wamamaye nka Babu, ukora ku Isibo TV, yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyo gukubita no gukomeretsa nk’uko byahamijwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB).
-
Baba bapfa umugore? Icyihishe inyuma y’urwango nk’urw’injangwe n’imbeba hagati ya 50 Cent na P.Diddy
1 June 2024, by Uwiduhaye TheosMu ndirimbo “Mo Money Mo Problems’’ ya The Notorious B.I.G. Mase na "Puff Daddy" Combs cyangwa se P Diddy, aba bahanzi bagaragaza ko uko umuntu agenda agira amafaranga menshi ariko ibibazo bikomeza kuba uruhuri aho kugabanyuka.
-
Kudahuza kwa Meddy na Diamond, guhura na The Ben n’umuziki nyarwanda: RJ The DJ yiniguye (Video)
2 June 2024, by Peacemaker PunditAbakunze gukurikira uruganda rw’imyidagaduro muri Tanzania, bamaze kumumenya nk’umwe mu bamaze kubaka izina cyane mu kuvanga imiziki, dore ko aho Diamond Platnumz aririmba hafi ya hose ari we umufasha mu gushimisha abafana.
IGIHE