The Ben ugiye gutaramira i Nyagatare mu gitaramo cya ‘Summer Country Tour’ yakoranye umuganda n’urubyiruko rw’abakorerabushake bo muri aka karere.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
The Ben yakoreye umuganda ku ivuko ry’ababyeyi be (Amafoto)
20 June, by Nsengiyumva Emmy -
Nyagatare: Queen Ringo yaguye amarabira muri ‘Summer Country Tour’, Imana ikinga ukuboko
22 June, by Nsengiyumva EmmyUbwo igitaramo cya ‘Summer Country Tour’ cyaberaga i Nyagatare cyasaga n’ikimaze guhumuza, abahanzi bari kugana mu modoka, Queen Ringo umwe mu nkumi zizwi muri sinema y’u Rwanda yafatiwe n’uburwayi bw’amayobera muri stade.
-
Shaddyboo yashinje Yugi Umukaraza kumusambanya ku gahato
22 June, by Nsengiyumva EmmyShaddyboo yatabaje Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), arusaba gukurikirana umusore witwa Iradukunda Aimable wamamaye nka Yugi Umukaraza ashinja kumusambanya ku gahato.
-
Rurageretse hagati ya DJ Pius na Muyoboke
25 June, by Nsengiyumva EmmyKu mbuga nkoranyambaga hadutse intambara y’amagambo hagati ya Muyoboke Alex na DJ Pius, icyakora nubwo benshi bababona baterana amagambo, hari abataramenya neza inkomoko y’icyo bapfa.
-
Imbamutima za Jolly Mutesi nyuma gutanga ikiganiro muri Oxford University
27 May 2024, by Nsengiyumva EmmyJolly Mutesi yavuze ko ari iby’agaciro kuri we kuba yaratanze ikiganiro mu nama ihuza abanyafurika biga muri Kaminuza ya ‘Oxford’, aho yibukije abayitabiriye urugendo rw’imyaka 30 u Rwanda rumaze rwiyubaka nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
-
Ubuhamya bw’umugore wa Clapton Kibonge wacunagujwe azira gushaka umusore ukennye
27 May 2024, by Peacemaker PunditNtambara Jacky yahishuye ibibazo yanyuzemo birimo kuba inshuti ze n’abo biganye barahoraga bamubaza impamvu yemeye gushakana na Mugisha Emmanuel uzwi nka Clapton Kibonge muri sinema nyarwanda, kuko yari akennye cyane muri icyo gihe.
-
Uko byagenze umunsi Riderman anywa kuri ’Mugo’ (Video)
28 May 2024, by Nsengiyumva EmmyRiderman ni umwe mu baraperi bamaze igihe mu muziki, akaba umwe mu bagiye basimbuka ibishuko ubusanzwe byangiza abakora injyana ya Hip Hop byiganjemo gukoresha ibiyobyabwenge.
-
Abatazabasha kwitabira igitaramo ‘Summer Country Tour’ i Bugesera batekerejweho
26 June, by Nsengiyumva EmmyAbatazabasha kugera i Bugesera ngo bitabire igitaramo cya ‘Summer Country Tour’ kizahuza Bruce Melodie, The Ben, Kitoko na Bwiza ku wa 27 Kamena 2026, batekerejweho uburyo bazagikurikira hifashishijwe ikoranabuhanga.
-
‘Iwacu Muzika Festival 2026’ yitabiriwe bidasanzwe i Ngoma; uko igitaramo cyagenze (Amafoto & Video)
27 June, by Eric Tony UkurikiyimfuraUbwitabire buri hejuru buri mu byaranze igitaramo cya kabiri cy’iserukiramuco rya “MTN Iwacu Muzika Festival 2026”, cyabereye kuri Stade y’Akarere ka Ngoma kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 27 Kamena.
-
Bruce Melodie yongeye kuvugisha benshi ku mubano we na Coach Gael
29 June, by Nsengiyumva EmmyBruce Melodie yongeye kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutambutsa ubutumwa bamwe bafashe nk’ubuca amarenga ko umubano we na Coach Gael ushobora kuba utifashe neza, nubwo nta na rimwe yigeze abyemeza mu buryo bweruye.
IGIHE