Memo ni umusore ukiri muto ariko uri kuzamuka neza mu muziki w’u Rwanda abifashijwemo na Davydenko wiyemeje gufasha uyu muhanzi ufite impano mu muziki ndetse kuri ubu akaba yamaze gusohora EP ye nshya yise ‘Long story’.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Twumvane Ep ‘Long story’ ya Memo, umuhanzi ufite impano yashimwe na Davydenko
17 May 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Indirimbo za Weekend ya ‘St Valentin’: Muttima, Bushali, Chriss Eazy, Igor Mabano … mu bakoze mu nganzo
14 February, by Nsengiyumva EmmyMu gihe abakundana bari kwizihiza umunsi wabahariwe cyangwa se ‘St Valentin’, bamwe mu babafasha kugira ibihe byiza ni abahanzi babaha indirimbo zo kumva bakishimana.
-
Bruce Melodie mu mushinga w’indirimbo n’abarimo Pallaso na Olakira
17 February, by Nsengiyumva EmmyBruce Melodie umaze iminsi muri Uganda, ari gukorana indirimbo n’abarimo Pallaso na Olakira, Umunya-Nigeria uzwi cyane mu ndirimbo Maserati yakoranye na Davido.
-
Samusure yifatiye ku gahanga abakoresheje umwana we mu biganiro bimusebya
17 February, by Nsengiyumva EmmyKalisa Ernest wamamaye nka Samusure yateguje ubukwe bwe mu Ukuboza 2026, icyakora anifatira ku gahanga abakoresheje umwana we ngo amusebye mu gihe yari yaratorokeye muri Mozambique.
-
Abanya-Uganda batangiye kwitegura igitaramo cya Doja Cat kizabera i Kigali
18 February, by Nsengiyumva EmmyMu gihe i Kigali imyiteguro y’igitaramo cya ‘Move Afrika’ cyatumiwemo Doja Cat irimbanyije, abaturanyi bo muri Uganda bifuza kuzacyitabira batangiye kwisuganya kugira ngo bitegure neza urugendo rwabo.
-
Ababyinnyi barenga 300 bamaze kunyura mu Itorero Inganzo Ngari
19 February, by Nsengiyumva EmmyItorero Inganzo Ngari riri mu myiteguro y’igitaramo cyo kwizihiza imyaka 20 rimaze rishinzwe, rigaragaza ko rimaze kunyurwamo abarenga 300.
-
Kitoko, Alyn Sano, Mico The Best, Ciney, Platini, na Nel Ngabo… bakoze mu nganzo: Indirimbo za Weekend
21 February, by Nsengiyumva EmmyIcyumweru cyarangiye, abakunzi b’umuziki bari kubunza imitima bibaza uko baryoherwa n’iyi minsi y’ibiruhuko, abakunzi b’umuziki bo icyo twabafasha ni ukubarangira indirimbo nshya zabafasha kuruhuka.
-
Shaddyboo yasobanuye impamvu yifashishije indirimbo ‘Ishiraniro’ akebura Bad Rama
26 February, by Nsengiyumva EmmyShaddyboo yifashishije indirimbo ‘Ishiraniro’ ya Fashaho Phocas ariko yasubiwemo na Daddy Cassanova agenera ubutumwa Bad Rama, amwibutsa ko adakwiye gutwarwa n’ibyo abonye muri Amerika ngo akomeze ibikorwa byo gusebya no guharabika aho avuka.
-
The Ben na Adekunle Gold mu bahanzi barenga 10 bazaririmba muri BAL i Kigali
17 May 2024, by Nsengiyumva EmmyAbahanzi barenga icumi biganjemo abo mu Rwanda bashyizwe ku rutonde rw’abazasusurutsa abakunzi b’umuziki bazitabira imikino ya nyuma ya BAL iteganyijwe kubera i Kigali kuva ku wa 24 Gicurasi 2024.
-
Ahantu ho gusohokera mu mpera z’icyumweru i Kigali
18 May 2024, by Peacemaker PunditIyo impera z’icyumweru zigeze, abanyabirori baba babunza imitima bibaza aho bizabera nka ya mvugo igezweho mu bakibasha gusohoka bagakata umuziki.
IGIHE