Mu gihe abakunzi b’injyana ya Hip Hop bitegura kwizihiza ubuzima bwa Jay Polly nyuma y’imyaka itanu yitabye Imana, Bull Dogg yavuze ko ntawe ukwiye kumwikoreza umusaraba w’ibintu adashoboye, kuko atari we ukwiye kubazwa impamvu hadategurwa ibirori byo kumwibuka.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Ntimukanshyireho umusaraba w’ibintu ntashoboye - Bull Dogg ku gutegura ibirori byo kwibuka Jay Polly
1 September, by Nsengiyumva Emmy -
Abana ba ‘Moriox CBC’ berekeje muri Kyrgyzstan
1 September, by Nsengiyumva EmmyAbana bagize itsinda rya ‘Moriox CBC’ berekeje muri Kyrgyzstan aho batumiwe mu irushanwa Mpuzamahanga rya ‘World Nomad Games 2026’, riteganyijwe ku wa 1-6 Nzeri 2026.
-
Abarenga 20 barimo Bazongere Rosine batangiye urugendo Kigali-Musanze n’amaguru (Amafoto)
2 September, by Nsengiyumva EmmyMu gitondo cyo kuri uyu wa 2 Nzeri 2026 nibwo itsinda ry’abantu barenga 20 riyobowe na Bazongere Rosine ryahagurutse mu Mujyi wa Kigali ryerekeza mu Karere ka Musanze, mu rugendo rw’iminsi ibiri n’amaguru rwahujwe no ‘Kwita Izina’.
-
Lionel Richie ararembye
2 September, by Nsengiyumva EmmyLionel Richie yongeye kugira ikibazo cy’ubuzima bituma ajyanwa mu bitaro, aho kuri ubu ari gukorerwa ibizamini by’umutima mu cyumba cy’abarwayi barembye (ICU) i St. Louis muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Filime ya Papa Sava igiye kwerekanwa mu iserukiramuco mu Bufaransa
2 September, by Nsengiyumva EmmyFilime ‘What a Day’ ya Niyitegeka Gratien uzwi nka Papa Sava, yatoranyijwe kuzerekanwa mu iserukiramuco L’Afrique Fait Son Cinéma rizabera mu Bufaransa.
-
Jay Polly umaze imyaka itanu yitabye Imana yibutswe n’umuryango we (Amafoto)
2 September, by Nsengiyumva EmmyKuri uyu wa 2 Nzeri 2026, abagize umuryango wa Jay Polly basuye imva ye baramwunamira, mu rwego rwo kuzirikana imyaka itanu ishize uyu muraperi yitabye Imana.
-
E-Cigarettes, Shisha na Rwiziringa ku rutonde rw’ibiyobyabwenge bikomeye mu Rwanda
2 September, by Nsengiyumva EmmyAbahanga mu by’amategeko bazakubwira ko kuba utazi itegeko bidakuraho ko riguhana. Hari benshi usanga bagonganye n’amategeko nyamara batari bazi ko ibyo bakora bibujijwe. Ni yo mpamvu ari byiza rimwe na rimwe gusobanurirwa amategeko kugira ngo abantu bayamenye kandi bayubahirize.
IGIHE