Israel Mbonyi yagizwe Ambasaderi wa ‘Infinix Note 40 series’, telefoni zifite umwihariko wo kubika umuriro no gufata amafoto meza.
Home > Keywords > IGIHE_Showbiz > ShowBiz
ShowBiz
Articles
-
Israel Mbonyi yagizwe ‘Ambasaderi’ wa ’Infinix Note 40 series’ (Amafoto)
27 April 2024, by Nsengiyumva Emmy -
Ndi mushiki wanyu - Moïse Turahirwa akomeje kuvugisha abantu
27 April 2024, by Uwiduhaye TheosMoïse Turahirwa wamamaye mu guhanga imideli wanantangije inzu ya Moshions, akomeje kuvugisha benshi nyuma y’ubutumwa akomeje gushyira ku mbuga nkoranyambaga bukibazwaho.
-
Ibyamamare byagizweho ingaruka n’inkongi y’umuriro yibasiye Los Angeles bikomeje kuririra mu myotsi
9 January 2025, by Nsengiyumva EmmyParis Hilton, Ricki Lake, Cameron Mathison, na Spencer Pratt bari mu bantu b’ibyamamare bakomeje kubogoza bifashishije imbuga nkoranyambaga nyuma yo kwimurwa aho bari batuye n’inkongi y’umuriro ikomeje kwibasira Los Angeles, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
-
Igitaramo ‘Icyumba cya Rap’ cyasojwe n’intugunda, Tuff Gang itaha itaririmbye; UKO CYAGENZE (Amafoto)
11 January 2025, by Ntabareshya Jean de Dieu, Eric Tony Ukurikiyimfura, Uwiduhaye TheosKu nshuro ya kabiri, igitaramo ‘Icyumba cya Rap’ cyongeye kuzamo kidobya ndetse Itsinda rya Tuff Gang ryari ritegerejwe na benshi kirangira ritabashije kuririmba.
-
Amakosa yagize ingaruka ku gitaramo ‘Icyumba cya Rap’
11 January 2025, by Nsengiyumva EmmyBenshi mu bakunzi ba Hip Hop bari bitabiriye igitaramo ‘Icyumba cya Rap’, batashye baseta ibirenge, buka inabi buri umwe babonaga uri mu bagiteguye, babitewe n’uko hari bamwe mu baraperi batashye bataririmbye.
-
Riderman yiseguye ku bafana, atunga agatoki abaraperi nk’abatumye igitaramo ‘Icyumba cya rap’ kitagenda neza
11 January 2025, by Nsengiyumva EmmyRiderman yiseguye ku bafana batashye batanyuzwe mu gitaramo ‘Icyumba cya Rap’, anavuga ko icyatumye kitagenda neza ari bamwe mu baraperi bageze ahabereye igitaramo nyuma y’igihe bahawe cyo kuririmba.
-
Nta yindi kipe nzi - Jolly Mutesi yahishuye uko basaza be bamukundishije Arsenal
21 January 2025, by Nsengiyumva EmmyMiss Jolly Mutesi uherutse kureba umukino wa FA Cup wahuje Arsenal na Manchester United agahabwa n’amahirwe yo gusura ‘Emirates Stadium’, yahishuye uko basaza be bamukundishije iyi kipe y’i Londres ari na yo rukumbi azi.
-
Phil Peter yahaye gasopo abakomeje kumwigirizaho nkana
27 January 2025, by Nsengiyumva EmmyPhil Peter, umunyamakuru ubivanga no kuririmba ndetse akaba n’umu-DJ w’izina rikomeye mu Rwanda, yahaye gasopo abakomeje kumwigirizaho nkana, bakibasira shene za YouTube ashyiraho ibihangano bye.
-
Yari kuba yujuje imyaka 29! Agahinda karacyari kose ku bakoranye na Buravan
27 April 2024, by Peacemaker PunditAbakunzi b’umuziki w’umuhanzi Burabyo Dushime Yvan wamamaye nka Yvan Buravan n’ababaye hafi ye ibihe bye byose yamaze ku Isi, babyutse bifuriza isabukuru nziza uyu musore wavuye mu mubiri mu rukerera rwo ku wa 22 Kanama 2022.
-
Bwiza na B Threy basingije ’Intwari’, The Ben na Meddy bakora mu nganzo…Indirimbo nshya za Weekend
1 February 2025, by Uwiduhaye TheosNk’uko bisanzwe bigenda mu mpera za buri cyumweru, IGIHE ibagezaho urutonde rw’indirimbo nshya z’abahanzi barimo abamaze kugera ku rwego rukomeye n’abakizamuka.
IGIHE