Muri iyi minsi, bamwe bavuga ko umupira w’amaguru mu Rwanda usigaye ukinirwa hanze haba mu gushaka intsinzi no kuwushyushya, mu gihe ibyo mu kibuga byo biba bidashamaje.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > Sports
Sports
Articles
-
Rayon Sports yatsinze Rutsiro igitego 1-0 ikomeza kuzamuka ku rutonde rwa Shampiyona - Dore uko umukino wagenze(Amafoto)
28 September 2024, by Jah d’eau Dukuze -
APR FC yatangiye Shampiyona inganyiriza i Rubavu- Kurikira uko umukino wagenze(Amafoto)
29 September 2024, by Jah d’eau Dukuze -
Zimwe mu mvugo zakangaranyije ruhago nyarwanda mu myaka 10 ishize
7 October 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Imikino ikomeye yacumbagijwe na Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April 2024, by Iradukunda OlivierJenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yasize ibikomere byageze kuri benshi. Abayibayemo bari basanzwe ari aba-sportifs ntibabura kukubwira ko hari imikino yashegeshwe na yo ahanini bitewe n’abakinnyi benshi yatwaye.
-
Amavubi yatsindiye Bénin imbere y’Abanyarwanda, icyizere cya CAN 2025 kiragaruka (Amafoto)
15 October 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Jah d’eau Dukuze -
Abanya-Sénégal bashyize Rayon Sports ku mwanya wa kabiri itsinze Bugesera FC; uko umukino wagenze (Amafoto)
19 October 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Umukino wa APR FC na Gasogi United wasubitswe ku munota wa 15 nyuma yo gutinzwa na Générateur yari yanze kwaka (Amafoto)
19 October 2024, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Arsenal FC yifatanyije n’u Rwanda mu #Kwibuka30, urubyiruko rusabwa kunga ubumwe
7 April 2024, by Byiringiro Osée ElvisAbakinnyi ba Arsenal FC n’abahoze bayikinira bafashe mu mugongo Abanyarwanda mu bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, basaba urubyiruko kunga ubumwe no gukomeza gukabya inzozi.
-
Abanyamahanga bakinira Rayon Sports basobanuriwe amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi
10 April 2024, by Jah d’eau DukuzeMyugariro wa Rayon Sports, Mitima Isaac, yatangaje ko abanyamahanga bakinira iyi kipe basobanuriwe ndetse bumva amateka mabi u Rwanda rwanyuzemo ya Jenoside yakorewe Abatutsi, nubwo hari umwe mu bakinnyi wabwiriwe ubwo hatangizwaga igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30.
-
Kera kabaye Neymar yasubiye mu kibuga
22 October 2024, by Iradukunda OlivierUmunya-Brésil, Neymar Santos Júnior yongeye gusubira mu kibuga nyuma y’umwaka urenga ari hanze kubera ikibazo cy’imvune yo mu ivi yagize bidaciye kabiri ageze muri Al Hilal SFC.
IGIHE