Nyarugenge - N’agahinda kenshi Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge yavuze ko abantu bagifite umwenda w’ukuri, hari hamaze gutabururwa kw’imibiri y’Abatutsi bishwe muri Jenoside mu gikombe cy’umusozi wo Mukana kiri gahati y’Utugari twa Nyamweru na Nzove mu Murenge wa Kanyinya, mu Karere ka Nyarugenge.
Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge, Mukasonga Solange akaba yagaragaje ko bibaje kubona nyuma y’imyaka 18 hakiri imibiri ikigaragara ku musozi nkaho ahantu abantu bahinga imibiri ikaba iri mu (…)
Home > Keywords > IGIHE_SpecialPages > a_kwibuka_gahunda
a_kwibuka_gahunda
Articles
-
Habonetse imibiri y’Abatutsi imaze imyaka 18 mu mirima y’abaturage
28 April 2012 -
Guhera umwaka utaha abaguye mu Kiyaga cya Muhazi bazajya bibukwa by’umwihariko
10 April 2012Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana buratangaza ko bugiye gutegura umunsi wihariye wo kwibuka, abagiye bagwa bagwa mu kiyaga cya Muhanzi mugihe cya Jenoside kuva umwaka utaha.
N’ubwo imibare yabakomokaga mu cyahoze Komine Muhazi, Gikoro, Rutonde n’ahandi, ubu twahindutse Rwamagana baguye muri iki kiyaga itaramenyekana neza, Uwimana Nehemiah umuyobozi w’Akarere ka Rwamagana yagangarihe IGIHE ko barimo gukorana na Komisiyo y’Igihugu yo kurwanya Jenoside (CNLG) mu gutegura umunsi wihariye, (…)
IGIHE