Abayobozi b’Ibihugu bigize akarere k’Ibiyaga bigari, bazongera guhurira muri Uganda mu nama izabahuza muri uku kwezi kwa Nzeli, aho bazanonosora umushinga wo gukemura ikibazo cy’intambara ya Congo hifashishijwe ingabo.
Perezida Yoweli Kaguta Museveni wa Uganda, unayoboye Inama Mpuzamahanga ku karere k’Ibiyaga Bigari(ICGRL) ihuza ibihugu 11, yatumiye bagenzi be muri iyi nama izaba ku itariki 7 n’8 Nzeli, nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru cyo muri Uganda kitwa New Vision.
Iyi nama ije (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > AmakuruHighlights
AmakuruHighlights
Articles
-
Abayobozi b’ibihugu by’akarere k’Ibiyaga bigari bazongera guhura biga ku kibazo cya Congo
2 September 2012, by Samuel Ishimwe -
Sosiyete Sivile iratunga agatoki Arusha guhishira abateguye Jenoside
5 March 2014, by Rene Anthere RwanyangeSosiyete Sivile y’u Rwanda itewe impungenge n’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda rukorera i Arusha, kuba mu manza zose rumaze guca mu rugereko rw’ubujurire rukurikirana abahoze ari abayobozi mu nzego z’ikirenga z’u Rwanda, abasaga 13 bagizwe abere kandi nta n’umwe urahamwa n’icyaha cyo gutegura no gushyira mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Uru rwego rutangaza ko rwateguye inyandiko ikomeye rwoherereza Umuyobozi Mukuru w’Akanama ka Loni gashinzwe (…)
-
Umwanditsi Mukuru wa TPIR asanga ububiko bwarwo bukwiye kuzanwa mu Rwanda
18 September 2012Umwanditsi mukuru w’agateganyo w’Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda TPIR avuga ko u Rwanda rukwiye guhabwa ubushyinguro bw’impapuro n’ibimenyetso (Archives) bw’imirimo yose yakozwe n’Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda.
Pascal Besnier avuga ko bitari mu nshingano z’Urukiko Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda (guha u Rwanda ubushyinguro bw’ibyakozwe n’urukiko) ahubwo ari inshingano z’ishami ryahawe imirimo y’urukiko (Residual Mechanism) ariko ngo nubwo nta cyemezo abifataho afite (…) -
Uganda: Ingabo z’igihugu zigaruriye ibirindiro bya Joseph Kony
3 September 2012Ingabo za Leta ya Uganda zatangaje ko zashenye ibirindiro by’ingabo za Joseph Kony utavuga rumwe na Leta, ku itariki ya 24 Kanama 2012 muri Leta ya Central Africa.
Ibyo birindiro byari iby’ingabo z’umutwe wa Lord’s Resistance Army (LRA), uyobowe na Joseph Kony, akaba arwanira mu mashyamba yo mu gihugu cya Central Africa.
Ibirontaramakuru by’Abanyamerika (AP) dukesha iyi nkuru bivugako, Umukoloneri w’igisirikare cya Uganda, Milton Katarinyebwa yatangajeko bashenye burundu ibirindiro bya (…) -
Urukiko rwa Oslo rwatangiye kumva abashinja n’abashinjura Sadi Bugingo
22 October 2012, by Samuel IshimweUrukiko rwa Oslo rwo mu gihugu cya Norvège rwatangiye kumva abashinja n’abashinjura Sadi Bugingo bari mu Rwanda hifashishijwe ikoranabuhanga, aho abatangabuhamya n’Urukiko bahuzwaga n’amashusho afatwa na Camera “Video link”.
Urukiko rwa Oslo rufite abakozi barwo batijwe icyumba mu Bushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda, rwatangiye kuri uyu wa mbere guhata ibibazo abatangabuhamya bari mu Rwanda.
Siboyintore Jean Bosco, Umushinjacyaha ushinzwe gukurikirana amadosiye y’abakekwaho Jenoside (…) -
Mgr Desmond Tutu arasaba ko George Bush na Tony Blair bashyikirizwa ubutabera
2 September 2012Archbishop Desmond Tutu wigeze guhabwa igihembo cy’amahoro kitiriwe Nobel, yatangaje kuri uyu wa 2 Nzeri ko Tony Blair na George Bush bagomba kugezwa imbere y’Urukinko Mpuzamahanga Mpanabyaha kubera ibyaha by’intambara bakoreye muri Iraq mu kuvanaho Sadam Hussein mu mwaka wa 2003.
Amakuru dukesha ikinyamakuru The guardian cyo mu Bwongereza, Desmon Tutu yashinje aba bagabo bayoboye ibi bihugu by’ibihanganjye ku isi ko bakoresheje intwaro z’ubumara muri Iraq ndetse ngo no kuba kugeza ubu isi (…) -
Mu Gushyingo harigwa niba Sudani y’Epfo yakwinjizwa muri EAC
3 September 2012Ibiganiro ku kuba Sudani y’Epfo yakwinjizwa mu Muryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC) byari byasubitswe ngo ibihugu byose bigize uyu muryango bibanze bisuzume neza niba koko iki gihugu cyujuje ibisabwa.
Iki cyemezo cyafatiwe mu nama ya 25 y’abaminisitiri y’uyu muryango yabereye i Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatandatu.
Muri Nyakanga uyu mwaka, itsinda ry’igenzura rigizwe n’impuguke 3 zo mu bihugu 3 bikuru muri uyu muryango, zaturutse mu bunyamabanga bw’uyu muryango, zoherejwe muri (…) -
Mukabunani ni we uhagarariye u Rwanda nk’indorerezi mu matora yo muri Amerika
5 November 2012, by Olivier MuhirwaMukabunani Christine, Umuyobozi w’Umutwe wa Politiki wa PS Imberakuri, kuri ubu ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho yagiye gukurikirana amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe kuri uyu wa gatandatu Ugushyingo 2012.
Uyu muyobozi w’Ishyaka rya PS Imberakuri agiye muri Amerika nk’umwe mu bayobozi b’amashyaka bakiri bato muri Afurika, bagiye kureba ibyerekeye Demokarasi n’uko amatora akorwa muri iki gihugu.
Mu kiganiro yahaye Radio One, Mukabunani yagize ati ”Muri Amerika hariyo (…) -
Uganda ku isonga mu kurya ruswa mu bihugu bigize EAC
30 August 2012Raporo yashyizwe ahagaragara n’Umuryango Transparency International iragaragaza ko Uganda iri ku mwanya wa mbere mu kurya ruswa, mu bihugu bitanu bigize Umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba (EAC).
Ikinyamakuru The New Vision kivuga ko iyo raporo igaragaza uko ruswa yari ihagaze muri uyu mwaka wa 2012, yashyizwe ahagaragara mu masaha y’igicamunsi kuri uyu wa kane tariki 30 Kanama 2012 i Kampala muri Uganda. Tanzania iza ku mwanya wa kabiri na ho Kenya ni iya gatatu.
Burundi ku mwanya (…) -
Ku nshuro ya kabiri isomwa ry’urubanza rwa Ingabire ryasubitswe
7 September 2012, by Olivier MuhirwaNyuma y’aho urubanza rwa Ingabire rwari gusomwa ku itariki ya 29 Kamena 2012, rukimurirwa kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Nzeri 2012, kuri uyu munsi nabwo isomwa ryasubitswe ryimurirwa tariki ya 19 Ukwakira 2012.
Mu gutangaza impamvu z’isubikwa ry’urubanza Inteko y’Abacamanza yavuzeko kubera ikirego Ingabire yagejeje ku Rukiko rw’Ikirenga, asaba ko ingingo z’itegeko rihana ingengabitekerezo ya jenoside zavanwaho kuko ngo zinyuranyije n’Itegeko Nshinga, iki kirego kikaba kitarafatitwa (…)
IGIHE