Tariki 26 Mata ni umunsi w’117 urebeye ku ngengabihe ya Greogoire, hasigaye iminsi 249 umwaka ukagera ku musozo.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1805: Ingabo zirwanira mu mazi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyambu cya Derne n’umujyi wa Tripoli mu ntambara ya mbere ya Barbary yari iyobowe na Lieutonant Presley O’Bannon.
Iyi ntambara yabaye mu mwaka w’1801 irangira mu mwaka w’1805, ni intambara ya mbere yahuje Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’Abayisilamu bo muri Afurika (…)
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeAmateka
HomeAmateka
Articles
-
Tariki 26 Mata
26 April 2014 -
Tariki 14 Kamena
14 June 2024, by Mathias HitimanaBimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1868 : Havutse Karl Landsteiner, wavumbuye ubwoko bw’amaraso (Blood Groups-Groupes Sanguins), abantu bose batuye isi basangiye. Abashakashatsi bagenzi be bamwamaganye bavuga ko abatuye isi bose badashobora guhurira ku bwoko bw’amaraso bumwe gusa, bagaragaza n’impamvu bumwe mu bwoko yitaga bumwe butabasha gukorana. Yujuje ubushakashatsi bwe agaragaza ibyo yise "Rhésus", buri bwoko bw’amaraso bukayigiramo ibyiciro bibiri. Yahawe igihembo Nobel mu w’1930. (…) -
Tariki ya 19 Nyakanga
19 July 2020Tariki ya 19 Nyakanga ni umunsi wa 200 w’umwaka ubura iminsi 165 ngo urangire.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka:
1553: Umwamikazi w’u Bwongereza, Lady Jane Grey yasimbujwe na Mary I nyuma yo kumara iminsi 9 ayobora iki gihugu.
1692: I Salem, Massachusetts, muri Amerika batanu baramanitswe Bazira ubupfumu.
1870: U Bufaransa bwatangije intambara ku gihugu cyitwaga Prusse.
1912: Ibuye riturutse mu kirere ripima ibilo 190 ryaguye mu mujyi Holbrook i Navajo County, muri (…) -
Tariki 24 Ukuboza
24 October 2023, by IGIHETariki 24 Ukuboza ni umunsi wa 358 mu igize umwaka, hasigaye iminsi irindwi ukagera ku musozo.
-
Tariki 19 Nyakanga
19 July 2023, by Philbert GirinemaTariki 19 Nyakanga ni umunsi wa magana abiri n’umwe mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi ijana na mirongo itandatu n’ine uyu mwaka ukagera ku musozo.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1553: Lady Jane Grey wahimbwe akabyiniriro ka The Nine Days’ Queen, yasimbuwe n’umwamikazi Mary I w’u Bwongereza, nyuma y’iminsi icyenda gusa yari amaze ari umwamikazi.
1832: Hashinzwe ishyirahamwe ry’abaganga bo mu Bwongereza BMA (British Medical Association), iri shyirahamwe rihuriyemo abaganga (…) -
Tariki 30 Nyakanga
30 July 2023Tariki 30 Nyakanga ni umunsi wa magana abiri na cumi n’ibiri mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi ijana na mirongo itanu n’itatu uyu mwaka ukagera ku musozo.
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
762: Hashinzwe Umujyi wa Baghdad, ushinzwe na Al-Mansur, Almanzor or Abu Ja’far Abdallah ibn Muhammad al-Mansur.
1502: Christopher Columbus yageze ku butaka bwa Guanaja, ku kirwa cya Bay ubwo yari mu rugendo rw’ubushakashatsi bwe.
1629: Igihugu cy’u Butaliyani cyibasiwe n’umutingito (…) -
Tariki ya 25 Mutarama
25 January 2023Tariki 25 Mutarama ni umunsi wa 25 mu minsi igize umwaka, hasigaye iminsi 340 uyu mwaka ukagera ku musozo.
Bimwe mu byaranze uyu munsi
1879: Hashinzwe Banki Nkuru y’igihugu cya Bulgaria.
1881: Thomas Edison ari kumwe na mugenzi we Alexander Graham Bell bakoze Kompanyi ikora ibijyanye n’amatelefone, bayita Oriental Telephone Company.
1915: Alexander Graham Bell yatangije gahunda ya serivisi za telefone zafashwe nka mpuzamigabane nubwo byabereye mu gihugu kimwe cya Leta Zunze Ubumwe za (…) -
Tariki ya 26 Mata
26 April 2023Tariki ya 26 Mata ni umunsi wa 116 w’umwaka usanzwe. Hasigaye iminsi 249 uyu mwaka ukagera ku musozo. Kuri iyi tariki hizihizwa Umunsi Mpuzamahanga w’umutungo mu by’ubwenge (World Intellectual Property Day) kuva mu 2001.
Muri Tanzania bizihiza Umunsi w’Ubumwe (Union Day).
Bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka 1805: Ingabo zirwanira mu mazi za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zafashe icyambu cya Derne n’umujyi wa Tripoli mu ntambara ya mbere ya Barbary yari iyobowe na Lieutonant Presley (…) -
Tariki ya 20 Kanama
20 August 2023, by Mathias HitimanaTariki ya 20 Kanama 2013 ni umunsi wa 232 w’umwaka ubura iminsi 133 ngo urangire.
-
Tariki ya 19 Ukwakira
19 October 2016Tariki ya 19 Ukwakira ni umunsi wa 292 w’umwaka ubura iminsi 73 ngo ugere ku musozo.
202: Habaye intambara ya Zama, mu ntambara ya kabiri y’Isi yahuje ubwami bwa Roma n’imitwe bari bahangange, uzwimo cyane ni uwitwa Hannibal, umutware wigeze kubatsinda ariko ntabashe kwigarurira ubu bwami.
1921: Muri Portula habaye ubwicanyi budasanzwe muri Portugal.
1984: Umupadiri wo muri Pologne Jerzy Popieluszko yarishwe
1993: Benazir Bhutto yatorewe kuba Minisitiri w’Intebe wa Pakistan. (…)
IGIHE