Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima (RBC), cyatangaje ko mu myaka itatu ishize, abagabo baryamana n’abandi bagabo mu Rwanda bavuye ku bihumbi 18 bagera ku bihumbi 29. Cyagaragaje ko bimwe mu bibazo bibugarije harimo Virusi itera SIDA kuko ikomeje kubibasira cyane ugereranyije n’ibindi byiciro.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeHighlights
HomeHighlights
Articles
-
Abagabo baryamana n’abo bahuje igitsina bageze ku bihumbi 29 mu Rwanda: SIDA ntiboroheye
11 July, by Hakizimana Jean Paul -
Ba Jenerali batatu hamwe n’abandi basirikare 1440 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru
11 July, by IGIHEPerezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, Paul Kagame, yemeje ishyirwa mu kiruhuko cy’izabukuru ry’abasirikare 1443 bo mu Ngabo z’u Rwanda, RDF, barimo abari mu cyiciro cy’abajenerali batatu.
-
Kabuga Félicien yaguye ku isahani: Ibyavuye mu iperereza ku rupfu rwe
11 July, by Jean de Dieu TuyizereKu mugoroba wa tariki ya 16 Gicurasi 2026, ahagana mu masaha ya Saa kumi n’ebyiri, Urwego Mpuzamahanga Rushinzwe imirimo y’insigarira y’Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (IRMCT) rwatangaje ko Kabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yapfuye.
-
Abashoye imari muri ‘Gabiro Agribusiness Hub’ batakiye Minisitiri w’Intebe
12 July, by Hakizimana Jean PaulAbashoye imari mu cyanya cy’ubuhinzi cya Gabiro Agribusiness Hub giherereye mu Karere ka Nyagatare, beretse Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva bimwe mu bibazo bibabangamiye birimo igiciro gihenze cy’amazi bakoresha buhira, kwishyuzwa mu Madolari ndetse no kubura abakozi mu gihe cy’ihinga.
-
Inshuti y’u Rwanda itarashyigikiye ko ruhabwa ibihano: Urwibutso kuri Senateri Lindsey Graham
12 July, by Iradukunda SergeSenateri Lindsey Olin Graham, umwe mu banyapolitiki bazwi cyane muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kandi wari ufite ijambo rikomeye mu ishyaka ry’Aba-Republicains, yapfuye afite imyaka 71. Amakuru y’urupfu rwe yatangajwe n’ibiro bye, bivuga ko yitabye Imana nyuma y’uburwayi bwamufashe mu buryo butunguranye kandi mu gihe gito.
IGIHE