Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Mukuru w’Isoko Rusange rya Afurika, AfCFTA, Wamkele Mene, ashimangira ubushake bw’u Rwanda bwo kubahiriza ibyo rwiyemeje mu byerekeye ubucuruzi bukorwa hagati y’ibihugu bya Afurika.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeHighlights
HomeHighlights
Articles
-
Perezida Kagame yaganiriye n’Umuyobozi Mukuru wa AfCFTA
26 August, by IGIHE -
Perezida Kagame yaganiriye na Monica Geingos ku ngingo zirimo uburezi
26 August, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye mu biro bye Monica Geingos wabaye umugore wa Perezida wa Namibia, akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Kepler College, baganira ku kamaro k’uburezi no kwegereza urubyiruko amahirwe yo kubongerera ubushobozi.
-
U Rwanda mu bihugu u Bufaransa bushaka kwisunga ku kibazo cy’abimukira muri Mayotte
27 August, by Jean de Dieu TuyizereU Rwanda rwashyizwe mu bihugu birindwi byo muri Afurika u Bufaransa bushaka gushyiriraho uburyo bushya bwo gutanga inkunga z’iterambere, aho izajya ijyana n’imbaraga bigaragaza mu gukumira abimukira bajya ku kirwa cya Mayotte mu buryo butemewe.
-
Inyungu ya I&M Bank Rwanda yiyongereyeho 62%, igera kuri miliyari 18,8 Frw
27 August, by Iradukunda SergeI&M Bank Rwanda yatangaje ko inyungu yayo nyuma yo kwishyura imisoro mu gice cya mbere cya 2026 yazamutseho 62% ugereranyije n’igihe nk’icyo mu 2025, igera kuri miliyari 18,8 Frw.
-
RSSB yaguze imigabane yose ya Inyange Industries na Ruliba Clays
27 August, by Jean de Dieu TuyizereUrwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) rwaguze imigabane yose yari isigaye mu kigo Inyange Industries Ltd na Ruliba Clays Ltd, byombi byabarizwaga muri Crystal Ventures Ltd (CVL).
-
BNR yazamuye inyungu fatizo iyigeza ku 8,75%, igipimo cyo hejuru mu myaka 17 ishize
27 August, by Philbert GirinemaBanki Nkuru y’Igihugu yazamuye inyungu fatizo yayo iva ku 8,25% yari yarashyizweho mu mezi atatu ashize, ishyirwa ku 8,75% kugira ngo bifashe mu gukomeza guhangana n’umuvuduko w’izamuka ry’ibiciro ku masoko.
IGIHE