Nyuma y’amezi hafi umunani u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bisinye amasezerano y’amahoro no guteza imbere ubukungu, ateganya no gusenya umutwe w’iterabwoba wa FDLR, ubuyobozi bwa RDC buri gutegura mu ibanga uburyo bwo kongerera imbaraga FDLR no kuyiha ubufasha bw’ibikoresho n’ubwa gisirikare hagamijwe kugaba ibitero ku Rwanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeHighlights
HomeHighlights
Articles
-
RDC yakajije ibikorwa byo gufasha FDLR kugaba ibitero ku Rwanda
24 June, by Musangwa Arthur -
Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Wood Foundation ifasha abahinzi mu Rwanda
24 June, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye Perezida wa Wood Foundation,Garreth Wood na David Knoop uyobora uyu muryango w’abagiraneza muri Afurika, baganira ku bufatanye uyu muryango usanzwe ufitanye n’u Rwanda.
-
Nduhungirehe yatanze icyizere ku mubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo
24 June, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatanze icyizere ko umubano w’u Rwanda na Afurika y’Epfo utazongera kuzamba kuko impande zombi zifite ubushake bwo kubana neza.
-
Igisasu cya Sober Living cyaturitse: Jimmy Muyumbu akurikiranyweho na Amerika uburiganya bwa miliyari 53 Frw
25 June, by IGIHEJimmy Muyumbu, Umunyarwanda w’imyaka 38 utuye muri Glendale muri Leta ya Arizona muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashyizwe mu majwi n’ubutabera bwa Amerika muri dosiye ikomeye y’uburiganya mu buvuzi, aho akurikiranyweho ibyaha bifitanye isano n’amafaranga arenga miliyoni 44,9 z’amadolari.
-
Umuhanda Kigali-Muhanga ugiye gutangira kubakwa?
25 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteUbuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’Ubwikorezi (RTDA), bwatangaje ko buri gukora ku buryo muri Nzeri 2026 hazaba harabonetse rwiyemezamirimo uzafasha kubaka umuhanda Kigali-Muhanga, kugira ngo imirimo yo kuwubaka izahite itangira.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Libeskind ku mushinga wa ‘monument’ izashyirwa ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
25 June, by IGIHEPerezida Kagame yakiriye itsinda ry’abayobozi ba Studio Libeskind, ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gikora ibijyanye no gushushanya inzu n’ibindi bijyanye n’imyubakire.
IGIHE