Umwe ati “Nigaga ntashyize umutima hamwe”, undi ati “ Narebye ayo mashusho mfite imyaka 13”. Abo ni urubyiruko rwo mu Mujyi wa Kigali. Hirya yabo, undi yunzemo ati “Inshuti yanjye tungana ubu yarabyaye kubera kuba imbata y’aya mashusho”.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Zabakururiye mu busambanyi, batera banaterwa inda bakiri bato: ‘Pornographie’ zisya zitanzitse mu Rwanda!
17 December 2024, by Mugisha Christian -
U Rwanda rugeze he rubyaza umusaruro ishoramari rizahangana n’iyangirika ry’ikirere?
19 December 2024, by Ndahayo EmmanuelNibura buri mwaka, u Rwanda ruhomba arenga miliyari 400 Frw bitewe n’ibiza. Ibi biza ni ikibazo mpuzamahanga, gishingira ahanini ku ihindagurika ry’ikirere, ritizwa umurindi n’imyuka icyangiza, ikibazo u Rwanda n’ibindi bihugu bya Afurika bigiramo uruhare ruri munsi ya 3%, nyamara bikirengera ingaruka zifite ikiguzi kinini ku buzima n’ubukungu.
-
Perezida Kagame yashimye uruhare rw’u Bushinwa mu iterambere ry’ibihugu biri mu nzira y’amajyambere
7 December 2024, by IGIHEPerezida Paul Kagame yavuze ko imyitwarire y’u Bushinwa bushyira imbere imikoranire ibyara inyungu hagati yabwo n’ibindi bihugu, ari ingenzi cyane mu rugendo rw’iterambere ry’ibihugu biri mu gice cy’amajyepfo y’Isi, byiganjemo ibikiri mu nzira y’amajyambere.
-
Ibirarane by’imanza, kurwanya ruswa n’ubutabera bwunga - Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yabivuye imuzi
13 December 2024, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida w’Urukiko Rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yatangaje ko mu byo azashyira imbere harimo gukemura ikibazo cy’imanza zabaye nyinshi mu nkiko, hashakishwa uburyo aho bishoboka, abagiranye ikibazo bashobora kumvikanishwa, ndetse akazashyira imbaraga mu kurwanya ruswa kuko umucamanza wariye ruswa aba yahumanye.
-
Rayon Sports yatsinze AS Kigali ikomeza kuyobora Shampiyona yemye; uko umukino wagenze (Amafoto)
14 December 2024, by Jah d’eau Dukuze -
Umukozi wo mu rugo wavuyemo umuyobozi ukomeye: Imibereho itangaje ya Musenyeri Mbanda
17 December 2024, by Igizeneza Jean DésiréIzina Musenyeri Mbanda Laurent rirubashywe mu Rwanda, yaba mu Itorero Angilikani ry’u Rwanda ayoboye no mu gihugu muri rusange kuko yagize uruhare rukomeye mu iterambere ryacyo binyuze mu mishinga itandukanye.
-
Intambara iburyo n’ibumoso: Twageze muri Israel imaze amezi 14 mu mirwano (Video)
19 December 2024, by Philbert GirinemaAmezi 14 arashize Israel iri mu ntambara. Ni bwo bwa mbere iki gihugu cyavutse mu 1948 kimaze igihe kinini gihanganye n’abanzi bacyo bo mu bice bitandukanye, kuva mu Majyaruguru kugeza mu Majyepfo.
-
Imbamutima z’abo Perezida Kagame yahaye inshingano
21 December 2024, by Jean de Dieu TuyizereNyuma y’aho kuri uyu wa 20 Ukuboza 2024 Perezida Paul Kagame ahaye abantu 15 imirimo itandukanye, bakomeje kumushimira icyizere yabagiriye, bamwizeza kuzakora neza nk’uko abibategerejeho.
-
Tujyane muri Shanghai, umujyi w’ubucuruzi n’ishusho y’ubudahangarwa bw’u Bushinwa (Amafoto)
15 December 2024, by Philbert GirinemaShanghai, ni wo mujyi mugari w’ubucuruzi mu Bushinwa. Mu 2019, umutungo mbumbe wawo wanganaga na miliyari 524,02 z’amadolari ya Amerika. Icyo gihe umuturage utuye muri uyu mujyi yabarirwaga ko yinjiza 20.398$.
-
Ibisasu biracyaraswa muri Gaza amanywa n’ijoro: Twasuye aho Hamas yinjiriye igaba ibitero muri Israel
23 December 2024, by Philbert GirinemaMu ijwi rituje, ati “Hakurya aha ni Gaza, ikibabaje imirwano iracyakomeje. Turi kureba mu Majyaruguru ya Gaza muri aka kanya. Nureba hasi hano, hari uruzitiro rudutandukanya na Gaza, ruri muri metero 700. Mu masaha y’igitondo, humvikanye impuruza hafi aha."
IGIHE