Rudakubana Allan Sayinzoga, ubura amasomo make ngo agere ku rwego rwa nyuma mu gutwara indege (kuba Captain), ni Umupilote muri RwandAir umaze imyaka umunani akorera iki kigo cy’ubwikorezi bwo mu kirere, ndetse amaze kugenda mu kirere amasaha arenga 5000. Aba ari mu ntera y’ibilometero uvuye ku butaka nka bumwe mu butumburuke indege atwara zigenderaho.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Uwozaga indege ubu uzitwara: Ubuhamya bwa Rudakubana umaze imyaka umunani muri RwandAir
18 January 2025, by Igizeneza Jean Désiré -
Amabuye y’agaciro RDC ifite n’u Rwanda rurayafite- Ambasaderi Rwamucyo
11 December 2024, by Jean de Dieu TuyizereAmbasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Rwamucyo Ernest yasubije Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irushinja gusahura amabuye y’agaciro mu ntara ya Kivu y’Amajyaguru, avuga ko ari ibirego bidafite ishingiro, kandi ko ayo iki gihugu gifite na rwo ruyafite.
-
U Rwanda rwahawe asaga miliyari 34,7 Frw azafasha kwagura uruganda rw’amazi rwa Karenge
11 December 2024, by Nshimiyimana Jean BaptisteAmbasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yatangaje ko Ikigega cya Abu Dhabi gishinzwe Iterambere, ADFD cyahaye u Rwanda inguzanyo ya miliyoni 25$ [asaga miiyari 34.7 Frw] azafasha kwagura ubushobozi bw’uruganda rw’amazi rwa Karenge mu Karere ka Rwamagana.
-
Kubura abafatanyabikorwa, imiterere ya Kigali n’ishoramari rishya: Ibyakomye mu nkokora Guraride
20 January 2025, by Ntabareshya Jean de DieuMu 2021 mu Mujyi wa Kigali hatangijwe umushinga w’uburyo bw’ingendo bwifashisha amagare atizanywa uzwi nka ‘Guraride’.
-
Donald Trump yasubiye muri White House, yizeza Amerika nshya (Amafoto)
20 January 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura, Iradukunda Serge, Ndahayo EmmanuelDonald Trump yarahiriye kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika nka Perezida wa 47 w’iki gihugu, nyuma y’amatora y’umukuru w’igihugu yegukanye umwaka ushize atsinze Kamala Harris wari uhagarariye Ishyaka ry’Aba-Democrates.
-
Biden, si njye wahera!
21 January 2025, by IGIHEUmunsi wa nyuma wa Joseph Robinette Biden Jr. uzwi nka Joe Biden mu Biro by’Umukuru w’Igihugu muri Amerika wageze. Imyaka ine iri imbere, Aba-Républicains barangajwe imbere na Donald Trump ni bo bagiye kuyobora Amerika.
-
Ikiganiro na Me Nkundabarashi: Ishoramari ry’abavoka ryarenze miliyari 3 Frw, imanza zikomeye n’ahazaza
24 January 2025, by IGIHEMu mezi abiri ari imbere, Me Moïse Nkundabarashi azaba yujuje imyaka 15 ari gukora imirimo yo kunganira abantu mu bijyanye n’amategeko. Ni igihe cyaranzwe na byinshi birimo kugira uruhare mu migendekere myiza kugeza ubu.
-
Urwego rw’Abikorera, REG na WASAC ku isonga mu kurangwamo ruswa
11 December 2024, by Uwimana AbrahamUrwego rw’Abikorera n’Ibigo bya REG na WASAC biri mu biza imbere mu byagaragayemo ruswa nyinshi mu 2024, aho mu Rwego rw’Abikorera iri ku rugero rwa 13%, muri REG iri kuri 7,80%, mu gihe muri WASAC iri kuri 7,20%.
-
Kwimika abapasiteri b’abagore, guhagarika bamwe no guhuza insengero: Ikiganiro na Pst Ndayizeye wa ADEPR
29 January 2025, by Ntabareshya Jean de DieuUmushumba Mukuru w’Itorero rya ADEPR mu Rwanda, Pst Ndayizeye Isaïe, yakomoje ku mpinduka zikomeje kuvugwa muri iri torero zirimo no kugira abapasiteri b’abagore, yerekana ko hari ibyamaze gufatwaho icyemezo.
-
Police FC yongeye gusezerera Rayon Sports mu Gikombe cy’Intwari (Amafoto)
28 January 2025, by Eric Tony Ukurikiyimfura
IGIHE