U Rwanda rukomeje gushyira mu bikorwa imishinga itandukanye ijyanye no kugeza ku baturage amashanyarazi n’ubundi bwoko bw’ingufu butangiza, aho mu mwaka w’ingengo y’imari ya 2025/26 biteganyijwe ko ingo zirenga ibihumbi 200 zizahabwa amashanyarazi yo mu buryo butandukanye binyuze mu mishinga yagenewe miliyari 124 Frw.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Ingo zirenga ibihumbi 200 zizacanirwa: Ibyitezwe mu 2025/26 mu rwego rw’ingufu
19 March, by Igizeneza Jean Désiré -
Perezida Kagame yashimye PSG yegukanye UEFA Champions League ya 2025/26
30 May, by IGIHEPerezida Paul Kagame yashimye ikipe ya Paris Sait Germain ifitanye imikoranire na Visit Rwanda, yegukanye Igikombe cya UEFA Champions League ku nshuro ya kabiri yikurikiranya.
-
Utwaye yanyoye ibisindisha azafungwa amezi atatu: Ibihano bikarishye ku batubahiriza amategeko y’umuhanda
12 March, by Ntabareshya Jean de DieuU Rwanda rwavuguruye itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda mu Rwanda ryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa, aho rigena ko utwaye imodoka yanyoye ibisindisha ashobora gufungwa amezi ari hagati y’atatu n’atandatu.
-
Amafoto yaranze uruzinduko rwa Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame mu Bufaransa
3 June, by Zigiranyirazo BajecteurKuri uyu wa 2 Kamena 2026, Perezida Paul Kagame na Madamu Jeanette Kagame bari i Paris mu Bufaransa aho bari bitabiriye igikorwa cyo gufungura ku mugaragaro urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni urwibutso rwahawe izina rya "Les Archives."
-
Tshisekedi, umuryango wa Habyarimana na Nyamwasa bari kunoza umugambi wo guhuza imbaraga
13 March, by Musangwa ArthurPerezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, ari gukorana n’umuryango wa Juvénal Habyarimana utuye mu Bufaransa, ndetse na Faustin Kayumba Nyamwasa uba muri Afurika y’Epfo kugira ngo banoze ubufatanye mu bya gisirikare bugamije gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda.
-
RDB yafunze hoteli enye
4 June, by IGIHEUrwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, rwafunze by’agateganyo hoteli enye nyuma y’ubugenzuzi bwagaragaje ko zitujuje ibisabwa mu rwego rw’ubukerarugendo n’amahoteri.
-
Isuzuma ryagaragaje ko u Rwanda ruhagaze neza mu myiteguro yo gukoresha ingufu za nucléaire
13 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteIkigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu za Atomike mu Rwanda (RAEB) cyatangaje ko igenzura ryakozwe n’inzobere z’Ikigo Mpuzamahanga za Atomique ryasanze u Rwanda rugeze ku rugero rwiza mu kubaka ubushobozi bwo gukoresha ingufu za nucléaire mu bikorwa bigamije amahoro n’iterambere.
-
Iyo Leta idashyira nkunganire muri mazutu, litiro yari kugera ku 3581 Frw
6 June, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yatangaje ko iyo Leta idashyira nkunganire mu giciro cya mazutu, litiro imwe yari kugera ku 3581 Frw, aho kuba 2927 Frw yatangajwe n’Urwego Ngenzuramikorere, RURA.
-
Yolande Makolo: Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU
14 March, by Mugisha ChristianUmuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni 20 z’Amayero yagenewe Ingabo z’u Rwanda binyuze mu kigega cy’u Burayi gishinzwe gushyigikira ibikorwa by’amahoro, European Peace Facility, yose yamaze gukoreshwa, kandi ko ikiguzi ubu butumwa butwara Guverinoma y’u Rwanda gikubye inshuro nibura 10 ayo mafaranga.
-
Rayon Sports yaguze Umunya-Tchad, APR FC ijya mu Burengerazuba: Ibyavuzwe ku isoko ry’abakinnyi mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri
9 June, by IGIHEAmakipe menshi yo mu Rwanda no hanze yarwo akomeje kuganiriza abakinnyi bamwe ngo bongere amasezerano, mu gihe hari n’abashya batangiye kugurwa hitegurwa umwaka w’imikino mushya wa 2026/27: Kurikira ibigezweho biri kuvugwa mu makipe atandukanye yo mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri.
IGIHE