Perezida Kagame yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze gukurikirana ibibazo by’abaturage, bakabikemura, bitaba ibyo bakegura kuko imikorere yabo idahwitse idashobora kugira aho igeza igihugu.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Gukora ikosa rimwe buri gihe ukarisabira imbabazi, ukarisubiramo ntabwo mbyumva-Perezida Kagame
23 March, by Philbert Girinema -
U Rwanda rwahaye Amerika amakuru y’ubufatanye bwa Leta ya RDC na FDLR
3 July, by Jean de Dieu TuyizereMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u Rwanda rwahaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika amakuru agaragaza ubufatanye bw’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
-
Kuki kwesa imihigo y’uturere birushaho gusubira inyuma?
24 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteRaporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare yagaragaje ko Akarere ka Ngoma kabimburiye utundi mu mihigo ya 2024/25 kagira amanota 77,2%, gakurikirwa na Gisagara yagize amanota 76,6%, ariko urebye mu myaka yari yabanje ubona ko amanota agenda agabanyuka.
-
Formula One, ishoramari ryiyongereye n’intambara yo muri RDC – Jean-Guy Afrika yavuze
25 March, by Nshimiyimana Jean BaptisteU Rwanda ni kimwe mu bihugu bya Afurika bifite ubukungu butera imbere ku muvuduko uri hejuru kuko nko mu 2025 bwazamutse ku rugero rwa 9,4%. Urwego rw’u Rwanda rw’Iterambere, RDB, rwatangaje ko ishoramari mvamahanga ryakomeje kwiyongera mu gihugu kandi ko ibibazo byo muri RDC bitigeze bikoma mu nkokora iterambere ry’ubukungu.
-
Kwibohora32: Amafoto y’urukumbuzi rw’umunsi w’amateka
4 July, by IGIHEKu muto cyangwa ku mukuru, itariki ya none ifite igisobanuro gikomeye ndetse itera benshi n’amarangamutima akomeye bitewe n’ubuzima banyuzemo cyangwa ubwo babayemo uyu munsi.
-
Ntabwo uyu mwaka uzashira bitabaye- Perezida Kagame ku butaka yemereye Abayisilamu
25 March, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yasezeranyije Abayisilamu bo mu Rwanda ko ikibazo cy’ubutaka bemerewe bwo kuzubakaho icyicaro gikuru cy’Umuryango w’Abayisilamu kigiye gukemuka vuba bitarenze uyu mwaka.
-
Ibyabaye muri iki gihugu ntibizongera, ntabwo tuzabyemera - Perezida Kagame mu butumwa bwo Kwibohora
4 July, by IGIHEPerezida Kagame yashimiye Ingabo za RPA ku butwari n’ubwitange bwazo bwahinduye amateka y’igihugu, avuga ko benshi batagize amahirwe yo kubaho ariko ko ibyo baharaniye bigaragara mu Rwanda rwa none.
-
Perezida Kagame yashimangiye ko guha umurongo amadini bitandukanye no kuyatoteza
25 March, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Paul Kagame yashimangiye ko guha umurongo imikorere y’amadini n’amatorero mu Rwanda bitagamije kuyatoteza ahubwo bizatuma akora neza inshingano zayo aho kuba urwaho rw’abiba abaturage.
-
Perezida Kagame yaganiriye na Karis ku bufatanye bw’u Rwanda na Estonia
8 July, by IGIHEPerezida Kagame yahuye na mugenzi we wa Estonia, Alar Karis, bagirana ibiganiro bigamije guteza imbere ibihugu byombi.
-
Minisitiri w’Ubucuruzi yavuze ingaruka z’imisoro ya Amerika ku bucuruzi bw’u Rwanda
25 March, by Philbert GirinemaMinisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Prudence Sebahizi, yatangaje ko imisoro iherutse gushyirwaho na Amerika ku bicuruzwa bituruka mu bihugu bitandukanye, yageze no ku Rwanda kuko ruri mu rwishyuzwa amahoro ya 10% ku byo rwoherezayo, gusa agaragaza ko atari menshi ugereranyije na 37% rwari rusanzwe rwishyuzwa “nubwo na yo atemewe mu mategeko mpuzamahanga.”
IGIHE