Nyuma y’ukwezi n’igice Amerika itangije intambara muri Iran ikagira ingaruka ku bukungu bw’Isi, abacururiza ku masoko atandukanye yo mu Mujyi wa Kigali bagaragaje ko hari ibicuruzwa byahise bihenda, abaguzi babyo baragabanyuka mu gihe hari n’ibindi byagumye ku biciro byariho.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Imbuto, ibirayi n’ibikoresho by’ubwubatsi byaratumbagiye: Ishusho y’izamuka ry’ibiciro ku masoko y’i Kigali
21 April, by Léonidas Muhire -
Umunsi Loni yanzura gucyura abasirikare 2230 bari mu Rwanda, ikagabiza Abatutsi abicanyi
21 April, by Jean de Dieu TuyizereTariki ya 21 Mata 1994, hari hashize ibyumweru bibiri Jenoside yakorewe Abatutsi itangiye mu gihugu hose. Raporo z’umutekano zari zikomeje gucicikana mu Rwanda no mu muryango mpuzamahanga muri rusange, intero ari uko ibintu byarushagaho kuzamba mu bice bitandukanye by’iki gihugu ariko igitekerezo cyo gutabara cyari kure nk’ukwezi.
-
Mu mfuruka z’ingendo z’abayobozi zisabira Louise Mushikiwabo amajwi muri manda ya gatatu
21 April, by IGIHEMu Nama y’Abaminisitiri bagize Umuryango wa La Francophonie yabereye i Kigali mu Ugushyingo 2025, ibihugu byinshi byasabye ko Louise Mushikiwabo yongera kwiyamamaza, bikazamutorera gukomeza kuyobora uyu muryango muri manda ye ya Gatatu.
-
Uwigisha mu mashuri abanza agomba kuba yararangije Kaminuza: Impinduka zitezwe mu burezi
23 April, by IGIHEUrwego rw’Igihugu rushinzwe uburezi bw’Ibanze, REB, rwatangaje ko uburyo abarimu bigisha mu mashuri abanza bategurwa, igihe kigeze ngo buvugururwe kuko imyaka biga ari mike ikeneye kongerwa. Yavuze ko mu mavugurura ateganywa, umuntu wigisha mu mashuri abanza, agomba kuzajya abanza kurangiza kaminuza.
-
Imishinga itanu iri gukoreshwamo miliyari 735 Frw habungwabungwa ibidukikije
27 April, by Igizeneza Jean DésiréIbidukikije ni ingingo abantu bamwe na bamwe bakerensa, cyangwa ntibayihe agaciro ariko ikaba inkingi mwikorezi mu buzima bwa buri munsi bwa muntu kuko iyo bititaweho biteza ingaruka zikomeye ubuzima bw’abantu n’ibyabo bigatikira.
-
Ibyo wamenya kuri Chery, sosiyete ishaka kubaka uruganda rw’imodoka z’amashanyarazi mu Rwanda
24 April, by IGIHEChery ni uruganda rwashinzwe ku wa 8 Mutarama 1997, rushamikiye kuri Leta y’u Bushinwa. Rukorera mu Mujyi wa Wuhu mu Ntara ka Anhui. Umuyobozi warwo Mukuru ni Yin Tongyue mu gihe uwahuye na Perezida Kagame bakaganira kuri gahunda yo guteranyiriza imodoka mu Rwanda ari Xu Hui, Visi Perezida wa Chery Holding Group akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cyita ku ishoramari mpuzamahanga, Rich Resource International Investment (RRII).
-
Dutemberane i Gasogi; agace kari kunyaruka mu iterambere gatuwe n’abaturage b’inkwakuzi (Amafoto)
25 April, by Iradukunda Olivier, Rusa Willy PrinceNiba utaragera i Gasogi, ugomba kuba warahumvise kuri ya Radio cyangwa se izina ryaho rikakunyura mu matwi bitewe n’ikipe yitwa gutyo. Ni kamwe mu duce mu myaka mike ishize twazamutse mu iterambere mu Mujyi wa Kigali ku buryo bwihuse.
-
Imiterere ya ‘Sahara Residence’, inyubako y’amagorofa 12 iri kubakwa i Kigali (Amafoto)
25 April, by Iradukunda OlivierUko bwije n’uko bukeye Umujyi wa Kigali ukomeza gutera imbere, byagera ku nyubako ndende bikaba akarusho, kuko usibye imishinga yazo ivuka amanywa n’ijoro.
-
Stade Umuganda yaba yaratereranywe? (Amafoto)
3 May, by Umwari SandrineMu myaka 10 ishize, Stade Umuganda yari imwe muri enye zigezweho mu Rwanda ndetse icyo gihe yakiniweho irushanwa rya CHAN 2016 wagereranya n’Igikombe cya Afurika cya Ruhago ariko ku bakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo. Gusa kuri ubu iri mu bibuga bibanza kwibazwaho mbere y’uko biberaho imikino y’imbere mu gihugu.
-
Pariki y’Akagera yinjije arenga miliyari 1,9 Frw mu mezi atatu ya mbere ya 2026
26 April, by IGIHEPariki y’Igihugu y’Akager yatangaje ko mu gihembwe cya mbere cya 2026 yasuwe n’abantu barenga 11.700, bituma yinjiza arenga miliyoni 1,3$, ni ukuvuga asaga miliyari 1,9 Frw mu mezi atatu gusa.
IGIHE