Raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare izwi nka Rwanda Vital Statistic Report yagaragaje ko mu Rwanda abantu bapfuye mu mwaka wa 2025 wose ari 39.355 barimo 55,9% bapfiriye hanze y’amavuriro, mu gihe abana bavutse muri uwo mwaka ari 356.838.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Abanyarwanda ibihumbi 39 barapfuye, abavuka bakomeza kwiyongera mu 2025
19 April, by Nshimiyimana Jean Baptiste -
Perezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya Denis Sassou Nguesso
16 April, by Ntabareshya Jean de DieuPerezida Kagame yitabiriye umuhango w’irahira rya mugenzi we uherutse kongera gutorerwa kuyobora Repubulika ya Congo, Denis Sassou Nguesso.
-
Litiro ya lisansi yageze kuri 2.938 Frw mu Rwanda
16 April, by IGIHEUrwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro ya lisansi yageze kuri 2.938 Frw. Yiyongereyeho 635 Frw ivuye kuri 2303 Frw. Litiro ya mazutu yo yagumye kuba 2205 Frw.
-
MININFRA yasabye abafite imodoka zabo kuyoboka bisi, itanga icyizere kuri lisansi iri mu bubiko
17 April, by Léonidas MuhireUmunyamabanga wa Leta ushinzwe Ibikorwaremezo muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Eng. Uwihanganye Jean de Dieu, yasabye abafite imodoka zabo kwirinda ingendo zitari ngombwa no gutekereza uko bayoboka bisi cyane ko ibiciro by’ingendo rusange bitaziyongera kuko mazutu ikoreshwa cyane muri ubu bwikorezi yagumye ku giciro yari iriho.
-
Izindi mpamvu muzi zatumye lisansi mu Rwanda itumbagira
17 April, by IGIHEIbiciro by’ibikomoka kuri Peteroli mu Rwanda byazamutse ku kigero kidasanzwe kubera ingaruka z’intambara ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ukoze isesengura, kuva tariki ya Kane Werurwe kugeza ku ya 17 Mata, lisansi imaze kuzamuka ku kigero cya 47,7% mu gihe mazutu ari kuri 13,2%.
-
U Rwanda ku isonga mu guharanira iterambere ry’imibereho no kubaka ubushobozi bw’abaturage
18 April, by Ntabareshya Jean de DieuU Rwanda rwashimiwe na Banki y’Isi World Bank Group mu bihugu byitwaye neza ku rwego rw’Isi mu bipimo byagutse bya Human Capital Index Plus (HCI+).
-
Ubuzima bw’ingagi, guhanganira ubuyobozi; ibikubiye muri filime mbarankuru ya ‘A Gorilla’s Story’
18 April, by Tuyishimire Umutesi CelineNetflix iherutse gushyira hanze filime mbarankuru yiswe ‘A Gorilla’s Story’ ivuga ku buzima bw’ingagi, uko zibana, uko zihanganira ubuyobozi, n’ibindi byerekana imibereho yazo ya buri munsi.
-
Nk’aho FLN itabaho, Ndayishimiye ahamya ko nta bateye u Rwanda baturutse mu Burundi
19 April, by Jean de Dieu TuyizerePerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko u Rwanda ruha inzira abajya guhungabanya umutekano w’igihugu cyabo kandi cyo kitemerera abagiturukamo kuruhungabanya, ariko ibimenyetso bibigaragaza ukundi.
-
Icy’i Masoro cyajemo ibibazo: U Rwanda rukeneye ikigo cyihariye gicunga ibyanya by’inganda?
30 April, by Léonidas MuhireAbikorera mu by’inganda ndetse n’ubuyobozi bw’Ishami rishinzwe Ishoramari mu Rwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), bagaragaza ko uburyo ibyanya by’inganda mu gihugu bicungwamo bwerekana ko hakenewe urwego rushya rubiha umurongo uhuriweho kandi ukihutisha ishoramari ribikorerwamo.
-
Yakundaga u Rwanda akarukomeraho no mu makuba: Ibitazibagirana ku Mwamikazi Rosalie Gicanda
20 April, by Nshimiyimana Jean BaptisteBuri wese babanye cyangwa wamumenye iyo ateruye ngo avuge ku Mwamikazi wa nyuma u Rwanda rwagize, Rosalie Gicanda, ashimangira ubwiza bwamuranze imbere n’inyuma, kwiyoroshya n’ubupfura yahoranaga kugeza yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
IGIHE