Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanenze raporo iherutse gushyirwa hanze n’Umuryango Human Rights Watch, yibasira ingabo z’u Rwanda kubera ibibazo by’umutekano muke biri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
RDF si AFC/M23- Yolande Makolo kuri Human Rights Watch
11 June, by Iradukunda Serge -
Perezida Kagame yahembye ba ofisiye bakuru bahize abandi mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare
12 June, by Igizeneza Jean DésiréPerezida Kagame yahaye ibihembo by’ishimwe abanyeshuri batatu bahize abandi mu mahugurwa yahawe ba ofisiye bakuru 108 bo mu bihugu 20 bya Afurika, yamaze ibyumweru 46 atangirwa mu Ishuri Rikuru rya Gisirikare [RDF Command and Staff College] riri i Nyakinama mu Karere ka Musanze.
-
Ibyumba byageze ku bihumbi 27: Ishusho y’iterambere ry’amahoteli mu Rwanda
14 June, by Igizeneza Jean DésiréKuvuga ubukerarugendo ukibagirwa amahoteli ni nko kwibagirwa isukari ugiye gutegura icyayi. Yego cyanyobwa ariko byaba ari amaburakindi. Impamvu ni uko nyuma yo gusura ibyiza nyaburanga bitatse igihugu runaka, ababikora baba bakeneye kuruhukira ahantu heza no guhabwa serivisi zinoze.
-
Uwakoze inyandikomvugo y’uko Bagosora yari kuba Perezida yahishuye uburyo umugambi wamupfubanye
15 June, by Léonidas MuhireSenyoni Alphonse wari umwe mu bari mu myanya ikomeye mu gisirikare cy’u Rwanda ubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yari yegereje, yahishuye ibyabaye mu ijoro ryo ku wa 7 Mata 1994 ubwo indege yari itwaye Habyarimana Juvénal yari yaraye ihanuwe maze Col Bagosora Théoneste agahita yemezwa nk’umusimbura we ariko biza kumupfubana mu gihe gito.
-
Ingabire Victoire yasubiye imbere y’urukiko, Ubushinjacyaha bumwita umutesi
15 June, by Ntabareshya Jean de DieuIngabire Victoire Umuhoza yabwiye Urukiko Rukuru rwa Kigali ko atiteguye kuburana urubanza mu mizi kuko hari impamvu enye zirimo no kutabasha guhura n’abo bareganwa ngo abashe gutegura neza urubanza, Ubushinjacyaha buvuga ko ari ubutesi.
-
U Rwanda na Afurika y’Epfo bigiye guhurira mu biganiro byo kuzahura umubano
15 June, by Iradukunda SergeMinisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Afurika y’Epfo, yatangaje ko Minisitiri Ronald Lamola agiye kwakira mugenzi we w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, mu biganiro bigamije kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
-
Moto ibihumbi 25 n’uruganda ruri mu nzira: Ikiganiro na Chawla wa Spiro (Video)
17 June, by Igizeneza Jean DésiréMu gihe Afurika ikomeje gutera intambwe ikomeye mu bijyanye no kwimakaza ubwikorezi butangiza ikirere bwifashishije amashanyarazi, Spiro ni kimwe mu bigo byashyizemo imbaraga by’umwihariko ku isoko ry’u Rwanda aho moto zikoresha lisansi zigenda zisezererwa.
-
Perezida Kagame yagaragaje igituma hari abayobozi batamara kabiri mu nshingano
17 June, by Jean de Dieu TuyizerePerezida Paul Kagame yagaragaje ko hatabayeho kwihangana, abaminisitiri bakurwa mu nshingano batamazemo igihe kinini bakabaye bakurwamo mbere kuko bahabwa amahirwe yo kwikosora ariko ntibahinduke.
-
Afurika y’Epfo yemeye ko icyo ipfana n’u Rwanda kiruta icyo bipfa, ica amarenga yo gukemura ibya Visa
17 June, by Iradukunda SergeMinisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Afurika y’Epfo, Ronald Lamola, yagaragaje ko u Rwanda na Afurika y’Epfo bifitanye amateka akomeye ndetse n’imirunga ibihuza, nubwo rimwe na rimwe hashobora kubaho kutumvikana.
-
Wolfram yo mu Rwanda yihariye 20% by’ikoreshwa muri Amerika
18 June, by Igizeneza Jean DésiréIkigo gicukura amabuye y’agaciro mu Rwanda, Trinity Metals, cyatangaje ko amabuye y’agaciro ya Wolfram cyohererza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yihariye 20% by’akoreshwa yose muri iki gihugu.
IGIHE