Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwagaragaje ko imihanda yagombaga kubakwa mu mushinga wa Kigali Infrastructure Project yatindijwe n’uko amafaranga yabonetse ari make, ndetse ikibazo cyo kutabona ubushobozi buhagije giteza ubukererwe bw’iminsi 900 mu gusubiza abaturage bashakaga gufatanya n’umujyi kwiyubakira imihanda.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeIrambuye
HomeIrambuye
Articles
-
Imihanda yadindiye n’iyubakwa ry’inzu z’abatishoboye: Amasaha atatu y’Umujyi wa Kigali imbere ya PAC
3 July, by IGIHE -
Urukundo rw’imideli n’uko yatashye mu Rwanda: Twaganiriye na Elodie wa ‘Ndabaga Streetwear’
5 July, by Tuyishimire Umutesi Celine, Zigiranyirazo BajecteurNdabaga Streetwear ni imyenda ikorwa n’inzu y’imideri ya Elodie Fromenteau wanejejwe n’inkuru ya Ndabaga akumva yayibarira abandi ariko akoresheje imyenda.
-
Ibitaro bya CHUK bizimuka mu mpera za 2026; aho biri ubu hazakorerwa iki?
4 July, by Nshimiyimana Jean BaptisteMinisiteri y’Ubuzima yatangaje ko Ibitaro bya Kaminuza bya Kigali (CHUK) bizimukira mu nyubako nshya i Masaka mu mpera za 2026, aho byakoreraga hakazasigara serivisi z’ingenzi nka Trauma Center n’ibikoresho byayo hagamijwe kwita ku ndembe zishobora guturuka ku mpanuka.
-
Ndayishimiye yijeje Tshisekedi kumugwa inyuma: Ibitaravuzwe ku ruzinduko rw’i Kinshasa
5 July, by IGIHEPerezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka gusura i Kinshasa inshuti ye y’akadasohoka, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, mu ruzinduko rw’iminsi ibiri rwataziriwe ubufatanye bw’ibihugu byombi no guharanira umutekano w’Akarere.
-
Icyaha cy’inkomoko cya Habyarimana: Coup d’état yayoboye yabibye imbuto z’amakuba
5 July, by Musangwa ArthurMu mugoroba wo ku wa 4 Nyakanga 1973, mu gihe Kigali yari isinziriye, Habyarimana yakoresheje ingabo za Leta mu guhirika Grégoire Kayibanda wari waramugiriye icyizere kandi akamufasha kuzamuka mu nzego z’ubutegetsi.
-
Iminsi ya mbere ishaririye y’urugamba rwo kubohora igihugu: Ubuhamya bwa Col (Rtd) Mugisha (Video)
6 July, by Philbert GirinemaMu 1987, Col (Rtd) Vincent Mugisha wigaga mu mashuri yisumbuye, we na bagenzi be biganaga binjiye mu Ngabo za Uganda kugira ngo babone ubumenyi buzabafasha mu kubohora u Rwanda.
-
U Rwanda rwa mbere n’ubu: Imibereho y’Abanyarwanda mu ndorerwamo y’imyaka 32 ishize
7 July, by Tuyishimire Umutesi CelineImyaka 32 irashize u Rwanda rubohowe, Jenoside yakorewe Abatutsi ihagaritswe, igihugu gitangira urugendo rutoroshye rwo kongera kubaka ubuzima, inzego, imiryango n’icyizere cy’abaturage.
-
Perezida Kagame yagaragaje uko AI iri guhindura ubuzima bwa Afurika
8 July, by Nshimiyimana Jean BaptistePerezida Paul Kagame yatangaje ko Umugabane wa Afurika witeguye gutanga umusanzu mu bukungu bushingiye ku ikoranabuhanga, ahamya ko urubyiruko rwa Afurika ruri gukora imishinga inyuranye rukoresheje AI kandi itanga umusaruro.
-
Umuguzi azajya yikorera ‘facture’: Umusogongero ku mpinduka zitezwe kuri EBM
9 July, by Nshimiyimana Jean BaptisteWigeze ujya guhaha wasaba inyemezabuguzi ya EBM umucuruzi akakumvisha ukuntu ihuzanzira ryanze, ndetse akagusaba gusiga nimero ya telefoni ariko ugategereza amaso agahera mu kirere? Iteka rya Minisitiri riheruka kwemezwa n’Inama y’Abaminisitiri ririmo byinshi bijyanye n’uburyo bwo gutanga inyemezabuguzi ariko rikanaha umuguzi ububasha bwo kuyikora umucuruzi akayemeza.
-
Imvugo ya Trump ku bibazo by’u Rwanda na RDC yongeye gutera urujijo
9 July, by Iradukunda SergePerezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yashimangiye ko yagize uruhare mu kurangiza amakimbirane yari amaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), gusa ibimenyetso bihabanye n’imvugo ye.
IGIHE