Ikipe y’u Rwanda ‘Amavubi’ yanganyije ubusa ku busa na Taifa Stars ya Tanzania mu mukino mpuzamahanga wa gicuti wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo kuri uyu wa Mbere.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeNews
HomeNews
Articles
-
U Rwanda rwanganyije na Tanzania mbere yo kwakira Ethiopia (Amafoto)
14 October 2019, by Eric Tony Ukurikiyimfura -
Miss Earth: Igiraneza yiyerekanye mu nshabure mu cyiciro cy’imyambaro gakondo(Amafoto)
15 October 2019, by Uwiduhaye TheosIrushanwa rya Miss Earth rigeze aharyoshye! Nyuma yo kwiyerekana mu myambaro itandukanye irimo yo kogana (bikini) n’amakanazu maremare, hari hatahiwe imyambaro gakondo ya buri gihugu.
-
Diane Rutabana yamennye hasi amabanga y’imikoranire ya Uganda na RNC, yibutsa Nyamwasa ko na we ari umubyeyi
15 October 2019, by IGIHEUmugore wa Ben Rutabana witwa Diane Rutabana yandikiye ibaruwa inzego z’umutekano za Leta ya Uganda n’iza RNC, asaba kumenyeshwa irengero ry’umugabo we umaze ukwezi kurenga atazi aho ari.
-
Igor Mabano yakoze impanuka ikomeye Imana ikinga akaboko
13 October 2019, by Nsengiyumva EmmyIgor Mabano, umwe mu bahanzi nyarwanda bakunzwe muri iki gihe, ku mugoroba wo kuri uyu wa 13 Ukwakira 2019 yakoze impanuka ikomeye ariko Imana ikinga akaboko.
-
Batanu bamaze guhitanwa n’imvura yibasiye ibice bitandukanye by’igihugu
15 October 2019, by Twarabanye VenusteMu minsi ine, ibiza byatewe n’imvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye by’igihugu, bimaze guhitana ubuzima bw’abantu batanu, byangiza n’ibikorwaremezo birimo inzu na hegitari zari zihinzeho.
-
FC Barcelone iri mu makipe yatsinzwe byinshi na Cristiano Ronaldo wujuje ibitego 700
15 October 2019, by Eric Tony UkurikiyimfuraRutahizamu wa Portugal, Cristiano Ronaldo yaraye yujuje ibitego 700 mu mukino ikipe y’igihugu cye yatsinzwemo na Ukraine ibitego 2-1 mu gushaka itike y’Igikombe cy’u Burayi cya 2020.
-
Elton John yashyize hanze igitabo avugamo ko Michael Jackson yari umurwayi wo mu mutwe
15 October 2019, by Uwiduhaye TheosUmuhanzi Sir Elton Hercules John [Elton John] yashyize hanze igitabo avugamo ibitari bizwi anemeza ko Michael Jackson yari afite uburwayi bwo mu mutwe.
-
Clapton Kibonke yahishuye uko gushaka umugore byatumye akura mu mutwe
14 October 2019, by Nsengiyumva EmmyMugisha Emmanuel wamamaye nka Clapton Kibonke muri Filime ndetse no mu mikino yo gusetsa, yagaragaje ko gushaka umugore byatumye akura mu mutwe.
-
Mara Phones mu biganiro na Kenya, Angola na RDC ishaka gucuruzamo telefoni zikorerwa mu Rwanda
15 October 2019, by Twarabanye VenusteUruganda rwa Mara Phones rwa mbere muri Afurika rukora telefoni zigezweho za smartphones, ruherutse gufungurwa ku mugaragaro mu Rwanda na Perezida Paul Kagame, rwatangiye ibiganiro n’ibihugu bitandukanye byo muri Afurika rushaka gucuruzamo telefoni rukorera mu Rwanda.
-
DeGeneres na Portia bateguye ibirori birebana n’ingagi zo mu Rwanda byitabiriwe n’ibyamamare muri Hollywood
15 October 2019, by IGIHEEllen DeGeneres n’umugore we Portia de Rossi kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize bateguye ibirori byiswe ‘Gorillapalooza’ byari bigamije gushishikariza abantu kwita ku ngagi zo mu birunga mu Rwanda hakusanywa inkunga yo kuzibungabunga.
IGIHE