Perezida Kagame yahawe igihembo cyihariye n’Ishyirahamwe ry’imiryango y’abakozi muri Afurika y’Uburengerazuba (FOPACO), kubera imiyoborere ye ndetse n’impinduka mu bukungu yakoze mu gihugu cye.
Home > Keywords > IGIHE_Homepage_Management > HomeNews
HomeNews
Articles
-
Perezida Kagame yahawe igihembo cyihariye kubera imiyoborere myiza (Amafoto)
15 October 2019, by IGIHE -
U Buhinde: Umwana w’umukobwa yashyinguwe mu kabindi ari muzima
14 October 2019, by Bukuru JCMu gisa n’igitangaza, umugabo wo mu Majyaruguru y’u Buhinde, yasanze umwana w’umukobwa washyinguwe ari muzima mu kabindi, ubwo nawe yarimo gucukura ngo ashyingure umwana we w’umukobwa wari wavutse agahita apfa.
-
Nimu Roger, umunyarwenya wabijemo neza abyinjijwemo n’inzara
13 October 2019, by Nsengiyumva EmmyMugisha Niyonsaba Roger wamaze gufata akazina ka Nimu Roger ni umwe mu banyarwenya bashya ariko nanone bagezweho muri iyi minsi cyane mu bakoresha imbuga nkoranyambaga.
-
Kicukiro: Yasanzwe yimanitse mu mugozi, harakekwa amakimbirane yari afitanye n’umugore we
14 October 2019, by Thamimu HakizimanaUmugabo w’imyaka 27 wari utuye mu Kagali ka Gako, mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro yasanzwe yiyahuye, bikaba bikekwa ko byatewe n’amakimbirane yari afitanye n’umugore we.
-
Amerika yafatiye ibihano abayobozi ba Turikiya kubera gushoza intambara muri Syria
15 October 2019, by IGIHEGuverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yafatiye ibihano minisiteri zimwe za Turikiya n’abayobozi bakuru muri guverinoma y’iki gihugu, nyuma y’ibitero bya gisirikare iheruka gutangiza mu majyaruguru ya Syria.
-
Uko kwigisha imyuga muri gereza byahinduye imibereho y’abagororwa
15 October 2019, by Baryaherezahe LéonceAkenshi usanga abantu bamwe bafata gereza nk’igihome cyangwa ahantu habi cyane, winjira ukabifata nk’aho isi ikurangiriyeho, bamwe ndetse imiryango y’abo hari ubwo isa n’ibibagiwe.
-
Abayobozi b’inzego z’ibanze babujijwe gukoresha inama abaturage mu gitondo
15 October 2019, by Akayezu Jean de DieuMinisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, yabujije abayobozi b’inzego z’ibanze gukoresha inama abaturage mu gitondo kugira ngo bitabangamira imirimo yabo by’umwihariko muri ibi bihe by’ihinga.
-
Minisiteri y’Ibidukikije yatanze igihe ntarengwa ku nganda n’abafite ibikoresho bya pulasitiki mu bubiko
14 October 2019, by Twarabanye VenusteMinisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko abafite ibikoresho bikozwe muri pulasitiki bikoreshwa inshuro imwe mu bubiko bwabo bagomba kubikoresha cyangwa kubicuruza bigashiramo mu gihe cy’amezi atatu mu gihe inganda zahawe imyaka ibiri yo kuba zatangiye gukora ibikoresho byemewe.
-
Impunzi 123 ziturutse muri Libya zageze mu Rwanda (Amafoto)
11 October 2019, by Rabbi Malo UmucunguziGuverinoma y’u Rwanda yakiriye icyiciro cya kabiri cy’impunzi zaturutse muri Libya, aho kuri iyi nshuro rwakiriye 123, bageze mu Rwanda basanga abandi 66 bahasesekaye mu kwezi gushize.
-
Amagambo 10 dukwiye kubwira abakunzi bacu buri munsi
17 December 2014, by Noel TurikumweUrukundo ni nk’ubusitani bw’indabo, bukeneye kubagarirwa no kuhirwa buri munsi. Kubaka urukundo rero ni uguhozaho, ari yo mpamvu hari amagambo make ushobora gohora ubwira umukunzi wawe akarushaho kugukunda no kukwiyumvamo.
Iyemeze ko igihe cyose uzaba ufite uwo ukunda, yaba umuhungu cyangwa umukobwa, uzajya umubwira amagambo akurikira bizatuma igihe cyose muzaba muri kumwe bibanyura mwembi.
1. Ndagukunda
Iri jambo ni ijambo ryoroshye kandi rikwiye kubwira umukunzi wawe, (…)
IGIHE