GUMA, GUMAAAAAAAAAAA. NKUNDA UMUGABO NTACYO AMPAYE. FURAHA WE NDAKUGABIYE PE. URI IMFURA. IKIPE Y'IMANA YARAHANZWE KANDI IZAGUMA MUMITIMA YACU. AMEEEEEEEEEEEEEN
Rayon Sports isigaye inyibutsa urupfu rwa Atraco,saho amaherezo yayo ???
rayon sport ni ikipe nziza ifite na abakinnyi babishobye ariko nawe reba gute abakinnyi bashobora gutanga umusaruro ntagashara gatungaa ubuzima babona ngewe umuti natanga abayobozi baribakwire kwicara bakaganira kuri burikimwe cyose cg se bikaba biterwa na bayikuriye kuko kumva buri mwanya ngo ntakigenda nka rayon sibyiza mwikosore kabisa.
huuuuuuuuuuuuu !!!!!uburo bwinshi ntibugira umusururu koko !!!!!!! Ntimuzatinda kubona ko mwibeshye. ikipe y'Akarere yateyimbere mbahe ? musigaje kuyigira iy' Umurenge wa Busasamana.
erega kuba mumugi ntimwirengagize ko ari competition niba habananiye nibasubire mucyaro nubundi baravuga mugiswahire ngo JOGO WA SHAMBA HAWIKI MUJINI ubwo abazi urwo rurimi barumva. naho mayor wa nyanza namenyeko mumutungo wakarere a gerant ari uwabanyarwanda bose baba abakunda umupira wamaguru nanatawukunda kuko nabo barahari. ikindi mayor namenyeko mubaturage be harimo ingeri zitandukanye ndetse nabafana andi makipe ndetse na APR bariyo ari benshi naho ubundi azabibazwa bidatinze.
Ubwo rero nawe uravuze. abanyarwanda twese twavutze turi Rayon Sport. ikipe y'Imana sha. Ntimukabeshye aho. ubwo ni uburyo bwo gushyira ikipe hasi ariko,I have a dream that one day, Ikipe y'Imana izongera ibyuke.
Go Rayonnnnnnnnnnn, Goooooooooooooooooooo. God bless Rayon Sport.
we love y'all.
Naho iryo tera bwoba ngo mayor azabibazwa bidatinze ni ukwibeshya wimutega iminsi utari na nyumba kumi !!!ubwo se uzi ute ko uwo mwanzuro yawufashe wenyine ?
19.09.2012 saa 19:02
abakunzi ba rayon
Ariko rero ni ibyo kwitonderwa kuko burya si buno, ubu u Rwanda hamwe n'ubukungu bwarwo bikoraniye i Kigali. Si kimwe na kera aho ubukungu bwari busaranganyije mu makomini. Rayon nijya i Nyanza ishobora gutakaza amafaranga yinjira hamwe n'umubare w'abafana.
Muraho Bavandimwe bafana ba Rayon Sport cyangwa Gikundiro cyangwa Gasenyi cyangwa ,,,, n'anadi mazina menshi .
Icye mbere ni ukubihanganisha no kubakomeza , burya abaca umugani ngo amahirwe y'Umutindi aza yamaze kwiheba . Nkurikije ibibazo mwagize , nkurikije amahana mwateranye ndetse n'uburyo mwagonganye ngo murazahura Rayon , nkurikije ibibazo utubazo ndetse n'amahane bitajya bishira muri rayon nimwere uriya mwana w'Umuswayire uyobora Akarere ka Nyanza (Harya si mwene KASSIM w'i Mugandamure ,) ageregeze burya Leta ni Leta wabona nibura mugiye kuri Gahunda naho kuyiragiza Abacuruzi bayibaramo Business aho kuyibaramo Team nimubyihorere , Jye ndi Umufana wa APR ariko nk'Umuntu warerewe ku Mugonzi nshyigikiye igitekerezo cyo gusubiza rayon ku ivuko hanyuma ikongera igatera imbere .Muyirinde ibikomerezwa muyirinde ibisambo muyirinde abanzi muyihe abakunzi hanyuma Nyanza yongere isusuruke nka kera.
UYU MUTEGETSI UYOBORA INYANZA YATEKEREJE NEZA CYANE.
NAKAKUGABIY'INKA URI UMUGABO'UMUTIMA PE.
MW'ITERAMBERE RYA NYANZA RAYONS SPORT IZARIGIRAMO URUHARE RUKOMEYE. KUKO ABAYIKURIKIYE I KIGALI ARI BENSHI BARIMO N'AVATUNZI BENSHI. CYO RERO MUCECEKE MURORE IBIRORI. MUGIYE KURORA IBIRORI.
ABAKINNYI BAKWIYE KUBAKIRWA AMAZU YO KUBAMO INYANZA, HAKUBAKWA FOOTBALL ACADEMY YA RAYON. SHA REKA MBABWIRE NGAHO AHO ITERAMBZRE RY'INYANZA RIHEREYE. UBUFATANYE BW'ABAHAVUKA N'UBWAKERA MUZARORA MWUMIRWE.
ARIKO RAYON SPORT IGOMBA KUBAKIRWA STADE NINI RWOSE IJYANYE N'IGIHE TUGEZEMO, KANDI IJYANYE N'UBUTUBUKE BW'ABAYIYOBOTSE.
STADE IRAHENDA NIBYO, ARIKO IGOMBA KUBAKWA INYANZA KANDI NINI RWOSE.
EREGA MAYE UWO MUGI UBIKIYE URWANDA AMATEKA AKOMEYE AGOMBA KWITABWAHO BIKOMEYE, NDETSE IYO HABA ARI MU BAZUNGU, UWO MUGI UBA ARIWO WITAWEHO CYANE KUBW'AMATEKA ? HABA HARI IBIKWIYE BYOSE.
UMUNTU WAGIRIYE INAMA ABAYOBORA NYANZA GUCYURA UWO MUKOBWA TAYON WARI WRAHABIYE MU BAGABO BENSHI IKIGALI BAMUKORAKORA MU BURANGA... YATEKEREJE NEZA GUCYURA IYO NKUMI KW'IVUKO.
UMUGI WA MANCHESTER MU BWONGEREZA WATEJW'IMBERE CYANE NO KUHUBAKA IKIPE Y'UMUPIRA W'AMAGURU KIZIGENZA MANUNITED.
N'INYANZA RERO IRYO N'IBANGA RIKOMEYE.
Guma yeeeeeeeee. guma guma. Ntiwumva ko uvuze ibizima. Muze twese duhagurukire hamwe dukore duteze ikipe yacu imbere. Nta kabuza tuzabigeraho. yeeeeeeeeeeeeeeeee. I have adream that one Day Rayon Sport will continue to be the greatest football team in Rwanda. From East to West, North to South.
I can feel it in my blood. Yeeessssssssssssssssssssssssss.
19.09.2012 saa 19:15
rayon sport
Ubwo musubiye iwanyu ku ivuko muri abagabo !!!!
ninsubire kwivuka aho yavukiye niho izabona amahoro iliniwabo kwivuka harakabaho nyanza yacu nagikundiro ndabakunda rayons
Oya ubu turazira APR nabafande bayo harikindi ruzira se sha harya ngo umuntu azakomeza guceceka ngo atazagirirwa nabi ubuse ibitambo muri ruhago ntitumaze kubibona KAZUNGU Clevar,Muramira Regis,MPamo Thierry Tigos,Didas wisabiye kumuvana muri Sport ariko akibonera agashahara ko kumutunga nurugo rwe rushya....baratubwira sha tubana nabo umunyamakuru arangiza urubuga rw'imikino yahamagarwa na telephone ya privet number agasesa urumeza kubera ubwoba,ubuse bari kuvugako mwatwaye CECAFA mutai YANGA,ntituzakomeza guceceka kuko iyangirika ryaruhago twamenye abariri inyuma...ubuse ikipe yabuze numwanya wa kane muri CECAFA ejo bundi irajya gusetsa imikara muri african champions league ????Ahaa twe kuba babarihima umwana ninkundi kandi iyo urobanuye uwo wanga niwe ukura ???
Ntabwo ndi Umufana wa Rayon Sports ariko ndi Umufana wu UMUPIRA wa maguru. Ni ukuri footbal yo mu Rwanda nive mu amatiku yo gushaka ko hakomera APR yo nyine ahubwo abantu batekereza gukora umupira ufite inyungu nki ubyo SEC Kicukiro yatangiye. Mayor nzi neza ko ukunda Rayon ndetse na football muri rusanjye. Ni mukore umushinga waramba kandi wateza imbere Rayon kuko Rayon irakundwa pe !!! Yewe nziko na MZEE H.E ayikunda ariko se yayifasha ahereye he ni akajagari kayibamo. Ni mugeraggeze ikipe igemwo Abanyarwanda besnhi mbese hazemwo umunyamahanga ariko koko akenewe, noneho ni Abafana banyu mukore uburyo bajya batwerera ikipe yewe ni iyo byaba 100 Frw/Ukwezi ariko bikorerwe mu umucyo
Yes Magorwa ibyo uvuze ni byo nta Championant yo murwanda hatarimwo rayon sport nushake uzabaze andi makipe ajya guhemba aruko yakiriye abarayon nimuve mumatiku yo gutonesha APR maze murebngo turagarka kuri stade turi benshi nahubundi nubutaha nti muzatubona
15.08.2012 saa 15:38
Gasasira NYabugogo
CONGZ MAYOR WOWE GERAGEZA IGISHOBOKA UBUNDI UREKE ABA NYAMAGAMBO NGO UMUVUMO W'UMWAMI SE ? UMWAMI ASHINZWE IKI KURI SIPORO Y'U RWANDA KANDI EREGA TUMENYE KO PLUS QUE RAYON SPORT IGIRA IKIBAZO MU MUPIRA MU RWANDA ARI NAKO BITEZA INGARUKA MBI KUMUPIRA W'U RWANDA MURI RUSANGE !
Yes nzaza ibyo uvuze ni byo nta Championant yo murwanda hatarimwo rayon sport nushake uzabaze andi makipe ajya guhemba aruko yakiriye abarayon nimuve mumatiku yo gutonesha APR maze murebngo turagarka kuri stade turi benshi nahubundi nubutaha nti muzatubona
15.08.2012 saa 15:38
GAsasira NYaBUGOGO
Welcome back home Rayon sport, erega abanyenyanza ntacyo abana back batuburana uretse imirurumba yateye dushyizeho n'ikigega coy gufsha ikipe kikaba controlled by the District wasanga byose bitunganye kuko turifite bihagije ibyo ntawabitindaho, kuva nyanza, ruhango, kabagari.....ugakomeza nahandi akantu turagafite rwose.
Ba Paul Ruhamyambuga, ba mimile, ba Jeremie Rubangura, umwami mizinga wo ku buhada, agafaranga karahari ikipe nize gusa.
Rayon Sport isubiye Kwivuko I Nyanza Byarushaho kubabyiza Kuko igihe yabariswaga inyanza mu gihe cya Poku na Ndiki Mapiki nabandi nibwo yarihagaze neza muruhame rwamahanga .
RAMBA KABEHO ITEKA GIKUNDIRO RAYON NDAGUKUNDA CYANEEE RWOSE NTIBIBE AMAGAMBO AKARERE KAYIFATE RWOSE.
Ni byiza rwose ko ikipe yacu ya Rayon isubira ku ivuko dore ko hasubiranye n'izina ryaho ry'umwimereri "Nyanza" nyuma y'aho bari barahabatije Nyabisindu ngo izina ry'i Bwami ryibagirane !! Musonge mbere turi kumwe abafana.
Mbona Rayon Sport isubiye kw' ivuko ntacyo byaba bitwaye cyane kuko ngirango mumyaka ivuye i Nyanza nubwo yitwaraga neza cyane cyane mbere ya Genocide ariko ntanicyo yahindutseho cyane ugereranyije nuko yari imeze ikiri i Nyanza. Cyane cyane nyuma ya Genocide bwo bigaragara ko rayon Sport yagiye igira ibibazo bikomeye kuburyo gusubira i Nyanza ntacyo byaba bitwaye. Ngirango na Mukura tubona kuba i Butare ntacyo biyitwaye. Umuntu yenda yakwibaza niba abafana baturuka ahandi bazakomeza kuyiyumvamo nkuko byari bisanzwe, ariko ngirango na mbere yuko rayon ijya i Kigali niyo yari iyambere mukugira abafana benshi mugihugu. Icyangiombwa ni intsinzi. good luck kubareyo bose
Oya ubu turazira APR nabafande bayo harikindi ruzira se sha harya ngo umuntu azakomeza guceceka ngo atazagirirwa nabi ubuse ibitambo muri ruhago ntitumaze kubibona KAZUNGU Clevar,Muramira Regis,MPamo Thierry Tigos,Didas wisabiye kumuvana muri Sport ariko akibonera agashahara ko kumutunga nurugo rwe rushya....baratubwira sha tubana nabo umunyamakuru arangiza urubuga rw'imikino yahamagarwa na telephone ya privet number agasesa urumeza kubera ubwoba,ubuse bari kuvugako mwatwaye CECAFA mutai YANGA,ntituzakomeza guceceka kuko iyangirika ryaruhago twamenye abariri inyuma...ubuse ikipe yabuze numwanya wa kane muri CECAFA ejo bundi irajya gusetsa imikara muri african champions league ????Ahaa twe kuba babarihima umwana ninkundi kandi iyo urobanuye uwo wanga niwe ukura ???
15.08.2012 saa 15:46
Nzajyibwami Emannuel
amagambo yawe ndayakunze kabiassa.nyjewe mba canada arikondi umurayon ijana kw'ijana.mayor komereza aho turakwemera kandi turasaba ko na leta ko icyo gikorwa yagishyigikira. murakoze
15.08.2012 saa 16:45
ivan
Good idea ! Ni n'uburyo bwo guteza imbere akarere somehow. Kera Rayon ikiba i Nyanza turi abana byatumaga ubuzima bwacu aba hafi aho bwuzura umunezero. It was a great inspiration kureba ba Semukanya, Ndiki, Rutabingwa, Mugemana, Jumapara, Kassim (Se wa Mayor), Pokou, Runuya (akiri muri Rayon), Itangishaka, Longin, Brave.... Twizere ko kugarura iyo ambiance n'ubu bishoboka kandi bikaremya ntibihite bihinduka ako kanya nk'uko tubimenyereye kuri Rayon.
IMANA ishimwe kuko twari dutangiye kwiheba kuberikipe yacu amen